imge1ÔÇ£IMBUTO ZÔÇÖAMAHOROÔÇØ Umwe mu mishinga yizwe neza

 “Ku Mbuto z’Amahoro” cyangwa SEEDS OF PEACE ntabwo ari ijambo rishya mu  matwi ya benshi cyane cyane mu baturuka mu ntara y’iburasirazuba no  mu zindi mpande z’igihugu, ku bantu bakunda kujyendana n’ibigezweho.

Seeds of Peace Center(Imbuto z’Amahoro), numwe mu mishinga y’ama HOTELS N’UBUKERARUGENDO yizwe neza ifitiye igihugu na nyirayo akamaro ariko bikaba akarusho ku bakiriya n’abandi bantu bahagana kuko uhageze kubera serivice z’agahebuzo ahasanga (Care) bituma agaruka kandi akanagarukana n’inshuti. Hakira abantu bavuye mu migabane yose y’isi cyane cyane ba mukerarugendo kuburyo kuhasohokera usanga ntako bisa.imge1

Seeds of Peace Center (Ku mbuto z’Amahoro)

Seeds of Peace Center ibarizwahe? Ni mu murege wa Gahini,Akarere ka Kayonza Intara y’Iburasirazuba ku birometero 3 uvuye mu mujyi wa Kayonza ku muhanda Kigali- Nyagatare ahitwa I GAHINI hazwi mu mateka y’itorero Angirikani mu Rwanda ndetse n’ibitaro bya kabuhariwe mu kunga amagufwa.

Ubwiza nyaburanga n’ibyiza byaho:

 Ni hafi y’umuhanda nyabagendwa isaha iyariyo yose wabona Transport ni ahantu wategurira umushinga uwari wo wose waba uw’ubukwe cyangwa Busness utuje ufata icyo kunywa wicaye  ufata akayaga kava mu kiyaga cya Muhazi.Ni ahantu ho gusohokera hujuje ibyangombwa bicyenerwa ku basohotse.

Hari Beach ya mbere mu burasirazuba, hari ubwato bugendanye n’igihe bwo gutembereza abakiriya mu  kiyaga cya Muhazi, hari Parking yakira imodoka zirenga maganatatu(300), botsa ifi y’umwimerere ya Muhazi, n’izindi fifi zisanzwe hari inkoko na brochette by’intangarugero.img2

SERVISE BATANGA:

  • Restaurant
  • Accommodation (Amacumbi)
  • Conference Hall zakira abantu kuva kubantu 100 -600
  • Ubusitani(Garden) utasanga ahandi ku kiyaga cya muhazi hashobora kwakira   

              ubukwe burenga bune icyarimwe,

  • Massage & Reflexiology n’ubujyanama k’ubuzima bwiza;
  • KwifoTtoa m’ubusitani no kumazi;
  • Honey moon services
  • Gufasha abahnzi cyangwa ama korali gufata amashusho n’amajwi by’indirimbo
  • Gutembera m’ubwato

                               

 

Akandi karusho kuri Seeds of Peace Center niho ushobora gusanga cyangwa kunywera amata  y’umwimerere yaba ikivuguto cyangwa ishyushyu mu byansi bya Kinyarwanda wicaye ku ntebe za Kinyarwanda ku misambi ya Kinyarwanda munzu ya Kinyarwanda wakirwa n’Umunyarwandakazi kandi ukaba wanahabwa ayo gushyira abo m’urugo uko ubyifuza mugihe cyose wifuza.



 Hari amacumbi  ya (Private Seats)  aboneka hacye mu Rwanda hari n’andi  macumbi ashobora kwakira umuryango ndetse n’umuntu kugiti cye ku biciro byiza utasanga ahandi,

Umutekano waho urasesuye, umutuzo udasanzwe (ibihe byiza utasanga ahandi, ndetse n’indirimbo zituje ziboneka hake cyane.

Kubindi bisobanuro wahamagara kuri izi nimero :

RECEPTION : 0788818018 cyangwa 0788422205 (Management department)

Email: seedsofpeace2014@gmail.com ; abilindabagabo@gmail.com/ cyangwa minanijeankerry@gmail.com

 

GAKWANDI James

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *