Barack-Obama Africa irifuza ko itegeko nshinga ryÔÇÖamerica rihinduka

Mugihe hasigaye igihe gito kugira ngo barack obam  abe atanze intebe ye muri white house,habonetse umwe mubashaka kuzamusimbura kuruwo mwanya uwo akaba ari  Donald Trump U.S. Republican presidential candidate, real estate mogul and TV personality Donald Trump makes a point as he formally announces his campaign for the 2016 Republican presidential nomination during an event at Trump Tower in New York June 16, 2015.  REUTERS/Brendan McDermid  - RTX1GRB9

U

                          ntabwo nzihanganira abirabura mpereye kuri obam 

 

Uwo mugabo akaba ahangayikishije umugabane w’Africa dore ko mumagambo ye bwite avugako Africa icyene ko ngera kujya mubukoroni imyaka ijana. hirya nohino muri Amerika aho yagiye anyura yiyamamaza mukuzahagarira ishyaka rye mumatora yerekanyeko  ibyo avuga Atari ukuryoshya ibiganiro ahubwo ko akomeje muri we ntiyumvako umwirabura ko yabaho yaba muri America cyangwa ku isi muri rusanjye.none abantu bakaba bibaza icyakorwa kugirango abanyafrika babone amahoro bamwe bati:igisubizo kirambye nuko itegeko nshinga rihinduka  manda zumukuru wigihugu zikava kuri ebyeri zikaba zakwiyongera ibyo bigaha amahirwe barack obam kongera kwiyamamaza dore ko nawe adafite aho azerecyeza kuko uwo mugabo nawe yavuzeko atazamusiga amahoro ko agomba kumwohereza iwabo muri Kenya.

Barack-Obama  mwandwanyeho mukanshakira  indi manda murabona nzajya he?

.amakuru ducyesha ijwi ry’america avugako mubakandida bishyaka ry’abarepulbulike abaza kumwanya wa mbere ni Donald Trump na Senateri wo mu ntara ya Texas, Ted Cruz.ted cruz

                           Ted Cruz ati mureke turebe imbere cyanee

Abandi bavugwa muri uyu mukino wa politike utoroheye America ni Hillary Clinton yahoze ari ministri w’ubunye

n’amahanga w'Amerika , na Senateri wo mu ntara ya Vermont, Bernie Sanders. Bombi bariko bahiganirwa bikomeye cyane umwanya wambere.bakaba baturuka mu ishyaka ry’abademokrate.

hillary-clinton-benghazi-hand-large-169                              Hillary Clinton  isi yugarijwe ninzara mureke tuve mumatiku turwanye inzara

imyumvire yuwo mugabo ikaba iri mubintu byatunguye banwe mubayobozi bafrika aho babwirizwaga ndetse bakanigishwa uko democracie yubahirizwa.

ariko mugihugu bemera ko cyakataaje muri democracie kikaba gifie umuntu uri murwego rwokuyobora America utecyereza ko hari abantu runaka batagakwiye kubaho kubera ubwoko bwabo.

Ese dornard afite amahirwe yo kuyobora America koko ?bamwe bati yego bashingiye kuba uyu mugabo gutanga canditatile ye bidashingiye kunzara yo gushaka umushahara wo kukwezi dore ko n’amafaranga ariho ashore mu kwiyamamaza kwe yerekana ko ntanzara afite hakaba hari impungenge yuko yayatanga mubantu cyane cyane abazungu bene waba akabacengeza mo iyo njyenga bitecerezo yo kwanga abirabura bikaba byatuma agira ubwiganze dore ko nubu ari imbere mumajwi.

Abandi bati: oya ntibyashoboka ko atorwa kuko nubwo bwose afite amafaranga ariko ntafite imitima y’abantu bisobanurako yabaha amafaranga bakayarya kuko bisonzeye ariko igihe cyamatora bakamwereka munsi yikirenge bisobanura kumwima amajwi.nawe ufite uko ubyumva kandi ubufitiye uburenganzira .

 Abandi bavugwa muruyu mukino wa politike utoroheye America ni Hillary Clinton yahoze ari ministri w’ubunye n’amahanga w'Amerika , na Senateri wo mu ntara ya Vermont, Bernie Sanders. Bombi bariko bahiganirwa bikomeye cyane umwanya wambere.bakaba baturuka mu ishyaka ry’abademokrate.

Ibyo kandi bikaba ari ibintu byatunguye banwe mubayobozi bafrika aho babwirizwaga ndetse bakanigishwa uko democracie yakubahirizwa.

ariko mugihugu bemera ko cyakataaje muri democracie kikaba gifie umuntu uri murwego rwokuyobora America utecyereza ko hari abantu runaka batagakwiye kubaho kubera ubwoko bwabo.

Ese dornard afite amahirwe yo kuyobora America koko ?bamwe bati yego bashingiye kuba uyu mugabo gutanga canditatile ye bidashingiye kunzara yo gushaka umushahara wo kukwezi dore ko n’amafaranga ariho ashore mu kwiyamamaza kwe yerekana ko ntanzara afite hakaba hari impungenge yuko yayatanga mubantu cyane cyane abazungu bene waba akabacengeza mo iyo njyenga bitecerezo yo kwanga abirabura bikaba byatuma agira ubwiganze dore ko nubu ari imbere mumajwi.abaturage              ubu koko imyaka ijana tuzayimrara muburetwa imana nitabare pe

Abandi bati: oya ntibyashoboka ko atorwa kuko nubwo bwose afite amafaranga ariko ntafite imitima y’abantu bisobanurako yabaha amafaranga bakayarya kuko bisonzeye ariko igihe cyamatora bakamwereka munsi yikirenge bisobanura kumwima amajwi.nawe ufite uko ubyumva kandi ubufitiye uburenganzira .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *