muuu Rayon sport:impinduka zirakomanga

 

Urugiye kera ruhinyuza intawari koko!!! Amarira ya ba Rayon yagezeho arumvikana.Amwe mu makuru ava ahizewe aremeza ko inkuru yavuye ibukuru yategetseko nyobozi za Rayon sport zihinduka kuburyo bukurikira.

muuu

Muvunyi Paul gusubirana Rayon sport

Ngarambe Charles perezida w’imena agasimbuzwa Dr Rwagacondo naho ubuyobozi bw’ikipe Gacinya agasimbuzwa Muvunyi Paul.  Nk’uko amakuru akomeje kugenda acicikana ngo ibi byemezo byatangiwe kwigwa hashingiwe ku bibazo byugarije ikipe ya Rayon sport.Ikintu cyakunze kuvugwa ni ikigendanye no kugenda gutunguranye kw’abatoza hashingiwe ku ibura ry’umushahara.

Rayon sport iyo yahuye n’ikipe imwe yahano mu Rwanda iyo yayakiriye ishobora kuziba icyuho nk’icy’amezi abili. Ikipe ya Ryon sport igira amateka akomeye kubera ibigwi byayiranze,niyo kipe imwe rukumbi yagiye yesa umuhigo ikakirwa nab a perezida bayoboye u Randa kuva rwaba  Repubulika. Ikipe icyeneye ubuvugizi buyiha ubwisanzure kugirango ibashe kubaho ntabibazo.Aba_bafana_ntibaryohewe_kuri_iki_cyumweru-422ea

Rwarutabura nabagenzi be bari barambiwe abababuza kubyina murera

Amwe mu makuru twakuye kuri bamwe mu ba Rayon twaganiriye ,ariko bakanga ko amazina yatangazwa kubera impamvu z’umutekano wabo,tuganira bagize bati:Abafana aho bari hose baribashe banze gutanga amafaranga kandi mbere barayatangaga kuko ntacyo yamariraga abakinnyi kuko yaburirwaga irengero. Umufana Rwarutabura we tuganira ati:Trasenga imana ngo tubone ubuyobozi bwiza tubone uko dushwanyaguza. Undi witwa Mukunzi Francois ngo ntabwo azongera kwinjira ku kibuga aye azajya afatanya n’abandi bayihere bakinnyi kuko n’ubundi aburirwa irengero. Amarir a yo muri Gikundiro agize ishingiro. Igisabwa  rero ni ukwiyama Gacinya na Shaf umuhungu wa Mudaheranwa kuvangira ubuyobozi bushya bugiye kuyobora ikipe  nk’uko bananije nyobozi ya Ntampaka yayibegurira ikabananira. Kubaka Rayon sport ni ukubaka umupira w’amaguru mu Rwanda. Murenzi Louis

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *