Umutoza wa Police Fc Kassa imihigo ni ugutsindwa

SUNRSE Fc nayo ihaye umutoza  Kassa isomo rya ruhago .

Police Fc irazira iki? Irazira umutoza udashoye .

123

Afande Gasana aribaza impamvu ikipe  ye itsindwa

Abafana ba Police Fc barasaba umuyobozi mukuru wa Police y’igihugu Afande Gasana  hamwe n’uwa Police fc Afande Dodo kubakiza umutoza Kassa kuko barangaye yayishyira mu kiciro cya kabiri.

Picture_602

                        Afande Dodo niwowe gisubizo cya Police Fc

Umupira w’amaguru hari igihe ukugira icyamamare ugakundwa ,ukarwanirwa n’amakipe atandukanye.

Iyo uri umutoza ushimishwa no gutsinda,naho iyo utsindwa nka Kassa uba ugomba kwegura amazi atararenga inkombe.umutoza Kassa aho kubaka amateka ngo avugwe ibigwi araseba cyane kuko bigaragara ko gutsindwa yabigize imihigo.itangazamakru ryagaragaje ko  kassa adafite urwego cyangwa bushobozi bwo gutoza Police Fc ishaka igikombe cya shampiyona .KASAMBO

Kassa ati:sinziyirukza nishaka izage mucyakabiri

Bamwe mu bafana ba Police Fc baganiriye n’ikinyamakuru ingenzi nyuma yo gutsindwa na Sunrse Fc y’intara y’iburasirazuba badutangarije ko Kassa akwiye kwirukanwa atarabarwaza umutima.imikino ine Kassa Mbongo abonye inota rimwe ubu ikipe ya mbere ni yakabiri zose zaramutsinze kandi ariwe wakoresheje amafaramga menshi agura abakinnyi.

Police-Fc-is-the-first-team-to-sail-through-to-the-last-eight_02

Police Fc kuki mutsindwa nizidahembwa mwe muhembwa buri kwezi

inararibonye mu by’umupira twarikumwe kuri stade ya nyamirambo badutangarije ko icyo umutoza Kassa azira ari ukudahuza n’abakinnyi be,kandi akaba ageze mu gihe gikomeye cyo kotswa igitutu n’abamuhaye akazi bakomeje kubona atsindwa cyane.umwe mu b’Afande bo muri Police Fc twaganiriye nyuma y’umupira wabo na Sunrse Fc ,ariko  akangako amazina ye yatanganzwa ,yayadutangarije ko bibabaje   kubona ikipe yabo ariyo yashoye amafaranga menshi kugeza ubu ikaba ariyo yabaye mpa amanota mu kibuga.uy’umuyobozi yakomeje adutangariza ko bagiye gufata ingamba ikipe yabo itarajya mu cyiciro cya kabiri .arton7594

Umutoza Habimana nawe yanze gutsindwa na Kassa

twamubajije kubyatangajwe n’umutoza Kassa ko adashobora kwiyirukana kandi yarasinye amasezerano y’akazi ko azategereza bakamwirkana kugira ngo abarege ahabwe imperekeza?ajya kudusubiza yagize ati:twese atumuha akazi twamuabye gutsindwa ,niba adatsinda we arumva akora akazi  ke neza .SAM_3984

Sunrse Fc nayo yihanije Police Fc

twongeye kumubaza n’ubwo yihutaga ingamba bafite zo kuva mu murongo utukura dore ko nta n’igikombe bagiharanira?yagize ati:iyo umukozi adakoze neza amasezerano araseswa akagenda hakaza undi ushoboye,naho ibyo Kassa avuga by’ikinyabupfura gikeya cyo gushaka kurwana ku kibuga,guhangana n’itangazamakuru no kuvugako yarega aramutse yirukanywe ntagaciro bifite,twamutumye amanota kuko buri mukinnyi yasabye yaramuguriwe nawe yasabwaga intsinzi ubwo ayibuze ni ukumwirukana.Kassa Mbongo igendere ujye gushaka ahandi utoza.

Banganiriho Thomas

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *