Mu bice bitandukanye byÔÇÖu Rwanda abagera 49 bamaze guhitanywa ni imvura idasanzwe yarituye imisozi 26 bakaba batazi aho bari kubera gukomereka bivuye kuri iyo mvura

Mu gihe hirya no hino isi yugarijwe nibura ry’ibiryo ryahato na hato bikaba biri gutera inzara mu bice bitandukanye by’isi.

imir

ntabwo abantu baba bari gushira ngo tugume mu biro turemera tugende mu mazi ariko dutabarane niwo muco wacu nk'abanyarwanda

Mu  Rwanda igihugu gikize cyane mu bukungu bushingiye ku mutekano urebye cyangwa ukumva ibibera mu bihugu bituranye n’ u Rwanda usanga ariho gusa hari umutekano umuntu atatinya kuvuga ko ku isi rufata umwanya wahafi ibyo bigatuma u Rwanda rugira ubukungu bushingiye kubucyerarugendo kuko usanga abanyamahanga bishimira kuhakorera ibikorwa byabo no kuharuhukira igihe bagiye mu bihe byabo byo kuruhuka ibyo bikaba byinjiriza u Rwanda amafaranga atari make .ariko kandi n’ ubwo nta mbunda cyangwa ubushimusi bigaragara mu Rwanda abanyarwanda bakomeje kwibaza ukuntu leta iri buhangane ni umusikare wateye u Rwanda akaba akomeje kwivugana abana b’u Rwanda aho

imi

imihanda yarengewe ni imvura ikaba itari gukoreshwa

Minisiteri y’impunzi no guhangana n’ibiza yemeje amakuru  avuga ko imvura yaguye kuwa gatandatu no kuri iki cyumweru yahitanye abantu 49, ikomeretsa 26, ndetse isenya ibikorwaremezo binyuranye mu Turere twa Gakenke, Ngororero, Rubavu na Muhanga

.nkuko tubicyesha RBA ubu hakaba hari gutegurwa igikorwa cyo gushyingura abo bahitanywe ni mvuro muri ako karere. ubwo  uwo muhango wategurwaga nabwo imvura yarigikomeje kugwa.imiha

ntabwo iki ari ikibazo gikomeye ugeraranyije nibyo twarwanye nabyo kiracyemuka

Sibyo gusa byangijwe ni mvura kuko hirya no hino mu bice bitandukanye b’igihugu imihanda yafuzwe kubw’imvura yuzuye mu mihanda. Mu ntara y’amajyaruguru  umuhanda wa musanze nawo ubu ufunzwe byagateganyo.leta y’u Rwanda ikaba ifite akazi kenshi ko kurwana iyo ntambara utamenya aho itegurirwa n’umubare w’abasirikare bari buyirwane uko bangana dore ko abo bahitanywe niyo mvura wasangaga batuye ku misozi,icyo kikaba ari ikibazo gihangayikishije abayobozi b’u Rwanda kuko u Rwanda igice kinini cy’amajyaruguru kigizwe n’imisozi.

Tugakomeza kugurikirana ayo makuru ni

icyo inzego z’ubuyobozi ziri buze gutangaza.kubyo bagiye gufasha abasizwe iheruruheru niyo nkangu

BANGANIRIHO Thomas

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *