Imbaraga zÔÇÖimana nizirinde itorero ryayo rya EDNTR

Aakirisitu b’itorero rya EDNTR bakomeje gutakambira urwego rwa polisi y’igihugu ngo rubarenganure rubakize abatubuzi bitwikira inyandiko mpimbano bakajya kubabuza umutekano. Twagirimana wiyambitse ikote rishaje ry’ubu bishop,ubu yatangiye guhunga kubera ko yamaganywe n’ubuyobozi bwa tumwe mu turere iri torero ribarizwamo.Umuvurungano wo mu mutima wa Twagirimana Charles n’agatsiko ke karimo Rwamunyana Etienne wabagaragaje kuko bakubiswe  inkoni n’ubwo banze kuva ku izima. Inzego zimwe na zimwe zanga gukemura ikibazo hakiri kare byagera iwandabaga bagatangira kugenza icyaha no kugishinja ,kandi baranze kubikumira hakiri kare.commisaire police

Police y'u Rwanda nihaguruke itabare itorerero EDNTR

 

Amwe mu makuru ava ahizewe agatangwa nabizerwa aremeza ko  impapuro  Twagirimana agendana ko agiye kuzifungirwa kuko zasuzumwe bagasanga ari impimbano zitaratanzwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe amadini arirwo RGB.Ubu rero abakirisitu bakomeje gutakambira inzego zose zabasha

karoli

Inzego z'ubutabera zavumbuye ko Twagirimana atanga amasheki atazigamiye

kumva akarengane n’ubutubuzi bwa Twagirimana Charles ko babarenganura. Bamwe mu bakirisitu baganiriye n’ikinyamakuru ingenzinyayo .com bagitangarije ko bafite umutekano muke batezwa n’itsinda riyobowe na Twagirimana  na bandi birukanywe mu yandi madini atandukanye.Aha rero niho hava intabaza kuko abababuza umutekano nta naho bahuriye n’itorero ryabo. Ibi rero bikwiye gusuzumwa kugirango umunyarwanda agire umutekano ature atuje.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *