Umutungo wa bagirimpuhwe Vincent ukomeje kwigabizwa abanabe batagira aho bakinga umusaya.

Amakuru ava mu mujyi wa Kigali,Akarere ka Nyarugenge,Umurenge wa Nyamirambo ,Akagali ka Gasharu umudugudu wa Kagunga arashimangira ko umugabo witwa Bagirimpuhwe Vincent utazwi irengero rye ,arahamya ko umutungo we ubarizwa aho twavuze ruguru wigabijwe nabo mu nzego za Leta ,mugihe abana be nako impfubyi ze zangaye zitagira aho ziba.

Bagirimpuhwe Vincent

Abo twaganiriye batashatse ko dutangaza  amazina yabo kubera umutekano wabo bagize bati"Bagirimpuhwe Vincent ntawuzi irengero rye kandi umuntu wagize ibyago agapfusha umugore amarabira yakabaye aba mu mutungo we."
abo baturage bakomeza bavuga ko cyagira igikorwa, bati"turasaba ko umutungo wa Bagirimpuhwe wahabwa abo mu muryango we bakabasha kurera izo mpfubyi ze."
Uwagira andi makuru yayatugezaho tukayatangaza.

Kimenyi Claude

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *