Abacururiza mu isoko rya Bishenyi baratabaza kuko umuhesha w’inkiko w’umwuga Habimana Vedaste yarigabiye Ntihanabayo Samuel alias Kazungu bishe itegeko.

Gushora imali n’ibyiza kuko biba byungura igihugu hamwe na rubanda ruhabwa akazi.Aha niho havuye icyemezo cyashinze isoko ry’ubucuruzi rya Bishenyi.Uy’umushinga waje guhura n’ikibazo cy’imbogamizi,kugeza habayeho cyamunara.Uko twaganiriye n’abacururiza mu isoko rya Bishenyi mu kababaro kenshi bagize bati “Twebwe twakanguriwe gufata inguzanyo mu mabanki n’Umugenge Sacco,natwe twitabire ibyo abayobozi batubwiye.Umwe mubacururiza mu isoko rya Bishenyi k’ubw’umutekano we tuganira twamuhaye izina rya Nyiraneza.

 

Ikiganiro : Ingenzi watangira utwibwira?nitwa Nyiraneza maze igihe ncururiza mu isoko rya Bishenyi,ariko ubu dufite ikibazo cy’uko uwitwa Ntihanabayo Samuel alias Kazungu ariho atwirukanamo mu buryo twumva bwishe itegeko.

Ntihanabayo Samuel alias Kazungu ku isoko rya Bishenyi (photo Ingenzi)

Mucyamura bishe itegeko,kuko ntibaryubahorije
N’ubwo Ntihanabayo Samuel alias Kazungu ariwe wihutiye kwishyura banki,siwe wayishyuye nkuko bigaragazwa muri system.Ibi bikaba bizasizumwa tariki 9 ugushyingo 2022 murukiko.
Ingenzi none ikibazo mufite kikaba arikihe?Nyiraneza ikibazo n’uko Kazungu atwirukana mu isoko kandi haratanzwe ikirego murukiko rwa Gacurabwenge ruhagarikisha cyamunara.ingenzi waduha ishusho y’uko cyamunara yakozwe?Nyiraneza cyamura ikorwa yishe itegeko kuko bijya muri system uwatanze igiciro cyo hejuruariwe uhabwa isoko,ariko Ntihanabayo Samuel alias Kazungu niwe watanze igiciro cya kabili,igitangaje nta n’ubwo ariwe wishyuye kuri banki.ingenzi dusoza niki wifuza?Nyiraneza icyo nifuza n’abo ducuruzanya mu isoko rya Bishenyi n’uko twahabwa igihe cyo kwimuka tugashaka ahandi dukorera,ariko Kazungu akareka kuza kutubuza umutekano mugihe bikiri murukiko.Twagerageje gushaka abari bafite isoko rya Bishenyi ntitwabasha kubabona.

Ikibazo ntikirakemuka(photo Ingenzi)

Har’amakuru nagirengo nkubaze akuvugwaho arebana n’isoko rya Bishenyi aho ukuramo abaricururizamo kandi biri munkiko wowe n’umuhesha w’inkiko w’umwuga Habimana Vedaste mwararezwe murukiko?
Ntihanabayo Samuel alias Kazungu we twamubajije ntiyansubiza twarinze dukora Inkuru.Ikindi kivugwa n’uko itariki 9ugushyingo 2022 aribwo ruzaba rwambikanye murukiko rwa Gacurabwenge.
Ingenzi

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *