Amakuru mashya
Abanyamuryango ba Koperative ADARWA baratabaza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame kuko Mugwaneza Pacfique wa RCA ayizambije.
Urujya n’uruza rw’ibibazo byugarije Koperative ADARWA biterwa n’abafite inyota y’ubutegetsi bikabageza k’ubutunzi.Aha niho Abanyamuryango ba Koperative ADARWA bahera batabaza urwego
Amakuru y'ubutabera
Ngenzi Jean Bosco akomeje gutabaza kugirengo arenganurwe ku karengane akorerwa na Uwonkunda Oliva wigeze kuba umugore we.
Abakera bati”Utazize inarashatse azira inarabyaye.Aha niho haza ikibazo gikomeye gishingira ku karengane Uwonkunda Oliva akorera uwo bigeze gushakana Ngenzi Jean
Amakuru y'imyidagaduro
Kayonza: Hasojwe ihuriro ryari rigamije kwigisha abakobwa ku bibazo bahura nabyo harimo n’ihohoterwa ribakorerwa
Abakobwa babarizwa muri porogramu za GLOW harimo abari muri GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl
Amakuru ya Politiki
Leta y’u Rwanda yahagurikiye kurwanya Ruswa nk’uko byemejwe n’urwego rw’Umuvunyi rubifite mu nshingano.
Urwego rw’Umuvunyi rwagize ruti”Ruswa izaba yaracitse igeze k’u kigero cya zero ku ijana mu cyerekezo 2020-2050 ,nk’uko ariyo ntego u
Amakuru y'ubukungu
Rulindo : Abagore bo mu murenge wa Mbogo bamenye ishema ryo kuba ba mutima w’urugo
Abagore bo mu karere ka Rulindo mu umurenge wa Mbogo bamenye ishema ryo kuba bamutima w’urugo bavuga ko bamenye kubyaza
Amakuru y'imikino
Ikipe ya Rayon sports yatsinze iya Gorilla fc abareyo babyina murera ikomeza kuyobora shampiyona.
Ikipe ya Rayon sports nimwe mu makipe agira abafana n’abakunzi benshi maze bikayiha icyubahiro n’igitinyiro.Ubwo humvikanaga ko ba nyir’ikipe ya