Kuva u Rwanda rwaba Repubulika hagiye higwa imishinga yo gukora ibikorwa remezo,ariko ugasanga bimwe na bimwe byaheze mu mishinga,ibindi bikangirika
Urujya n’uruza rw’ibibazo byugarije umuryango nyarwanda ; usanga akenshi ruterwa n’imikorere ya bamwe na bamwe bakora ibikorwa byabo uko bishakiye
Ibanga riba mu mupira w’amaguru mu isi kuva watangira gukinwa nta rindi n’intsinzi.Turi mu irushanwa rya CECAFA Kagame cup riterwa
Ishusho ya politiki ibamo yego na oya,ibamo urukundo n’urwangano.Igihugu cy’Afurika y’Epfo nicy’u Rwanda byari byarahujwe n’iki kugirengo bibe inshuti
Uko bucya bukira Leta y’u Rwanda ishora amafaranga menshi mu mishinga yo gufasha abanyarwanda gutera imbere,kugirengo nabo batange akazi kubatagafite
Bralirwa itegereje ko Skol irekura Rayon sports igahita iyifata bagasinyana imikoranire.Ese ari Rayon sports na skol nibatandukana ninde uzahomba?Abagenzura uko
