Amakuru mashya

Ruhago nyarwanda: Imikorere ya Ferwafa yubakiye ku kinyoma yatumye abafana b’ikipe ya Kiyovu batakijya kuri Stade.
Kubuza ubwisanzure ikipe ya Kiyovu sports n’iyo nzira yo guca Abafana ku kibuga.Kiyovu sports uwayikunze ntazayireka kuko n’uko yisanze mu
Amakuru y'ubutabera

Ngenzi Jean Bosco akomeje gutabaza kugirengo arenganurwe ku karengane akorerwa na Uwonkunda Oliva wigeze kuba umugore we.
Abakera bati”Utazize inarashatse azira inarabyaye.Aha niho haza ikibazo gikomeye gishingira ku karengane Uwonkunda Oliva akorera uwo bigeze gushakana Ngenzi Jean
Amakuru y'imyidagaduro

Kayonza: Hasojwe ihuriro ryari rigamije kwigisha abakobwa ku bibazo bahura nabyo harimo n’ihohoterwa ribakorerwa
Abakobwa babarizwa muri porogramu za GLOW harimo abari muri GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl
Amakuru ya Politiki

Ubutabera:SOFAREX yabaye urwitwazo biha Umujyi wa Kigali kuniga ibyemezo by’inkiko Kanzayire Emilienne yimwa ubutabera.
Biravugwa bikongera bikavugwa,hakaba ubwo ibyemezo by’inkiko biterwaho kashe mpuruza bigashyirwa mubikorwa,hakaba n’ubwo ibyemezo by’inkiko biteshwa agaciro kandi nta bujurire bwabaye.Inkuru
Amakuru y'ubukungu

Ishoramari n’imwe muri gahunda leta y’u Rwanda ikangurira abanyarwada ndetse n’abayamahanga gukora bakiteza imbere.
Uko bucya bukira Leta y’u Rwanda ishora amafaranga menshi mu mishinga yo gufasha abanyarwanda gutera imbere,kugirengo nabo batange akazi kubatagafite
Amakuru y'imikino

Ruhago nyarwanda: Imikorere ya Ferwafa yubakiye ku kinyoma yatumye abafana b’ikipe ya Kiyovu batakijya kuri Stade.
Kubuza ubwisanzure ikipe ya Kiyovu sports n’iyo nzira yo guca Abafana ku kibuga.Kiyovu sports uwayikunze ntazayireka kuko n’uko yisanze mu
































