Amakuru mashya
Amakuru y'ubutabera

Umuryango wa Iddi Ibrahim Niyonshuti uratabaza kuko umaze igihe utamubona.
Urujya n’uruza rw’ibibazo bibaho,bimwe bikabonerwa umuti undi ukabibura.Nk’uko inkuru tuyikesha bamwe muziranye n’umuryango wa Iddi Ibrahim Niyonshuti ,ngo umugore we
Amakuru y'imyidagaduro

Kayonza: Hasojwe ihuriro ryari rigamije kwigisha abakobwa ku bibazo bahura nabyo harimo n’ihohoterwa ribakorerwa
Abakobwa babarizwa muri porogramu za GLOW harimo abari muri GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl
Amakuru ya Politiki

Nyamata Parents School yishimiye intsinzi y’abanyeshuri bose bagahabwa kwiga mu bigo bifuzaga iha ikaze abashaka gutera ikirenge mu cyabo.
Mu muhango wari wuzuyemo ibyishimo, ishuri rya Nyamata Parents School ryizihije intsinzi y’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza bose
Amakuru y'ubukungu

Akarere ka Huye mu ntara y’Amajyepfo Ministeri y’ubucuruzi n’inganda yahakoreshereje amahugurwa ku nganda zikora inkweto mu mpu.
Uko bucya bukira Leta y’u Rwanda ihora ishakira umunyarwanda icyamuteza imbere.Iterambere ry’umuturage rishingira k’ubumenyi agenda yiga,kongeraho ubwo ahabwa yaba ubunyuze
Amakuru y'imikino

Ruhago nyarwanda.Ikipe ya Rayon sports yafunguye shampiyona 2025/2026 iha isomo iya Kiyovu sports.
Rayon sports yihanije Kiyovu sports umureyo abyina murera,naho umuyovu ataha yivuga imyato ko abonye ifaranga ryo gukemura ibibazo.Komite nyobozi y’ikipe