Amakuru mashya
Amakuru y'ubutabera

Ngenzi Jean Bosco akomeje gutabaza kugirengo arenganurwe ku karengane akorerwa na Uwonkunda Oliva wigeze kuba umugore we.
Abakera bati”Utazize inarashatse azira inarabyaye.Aha niho haza ikibazo gikomeye gishingira ku karengane Uwonkunda Oliva akorera uwo bigeze gushakana Ngenzi Jean
Amakuru y'imyidagaduro

Kayonza: Hasojwe ihuriro ryari rigamije kwigisha abakobwa ku bibazo bahura nabyo harimo n’ihohoterwa ribakorerwa
Abakobwa babarizwa muri porogramu za GLOW harimo abari muri GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl
Amakuru ya Politiki

Ivugabutumwa:Mu itorero ry’ADEPR – abana ba Pasiteli Ndayizeye Isaie baritegura ko abagabira nyuma yaho amaparuwase ayagize 30 mugihugu hose.
Kuki mu itorero ry’ADEPR habudicetsemo igihu cyanze gutamuruka?ko itorero ry’ADEPR kuva rigeze mu Rwanda kugeza 2008 ryari rituje riyoborwa
Amakuru y'ubukungu

Ishoramari n’imwe muri gahunda leta y’u Rwanda ikangurira abanyarwada ndetse n’abayamahanga gukora bakiteza imbere.
Uko bucya bukira Leta y’u Rwanda ishora amafaranga menshi mu mishinga yo gufasha abanyarwanda gutera imbere,kugirengo nabo batange akazi kubatagafite
Amakuru y'imikino

Ruhago nyarwanda: Ikipe ya Rayon sports yongeye guha abafana bayo ibyishimo itsinda ikipe ya Mukura vs .
Kubaka izina mubikorwa byiza biraharanirwa.Aha n’iho hava kwibaza ku ikipe ya Rayon sports ubu iri mubiganza bya Murenzi mubihe by’inzibacyuho.Kuva

































