Bamwe mubana bakize ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe bakomeje kuvuga imyato umuryango Uyisenga n’Imanzi wababereye igisubizo.

Bamwe mu abana bahuraga n’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe biturutse ku bibabazo bitandukanye,byabateraga kwigunga guhora batishimye ndeste no guhura n’ihungabana bavuga ko kuba barasohotse muri ubwo buzima bubi babikesha Umuryango UYISENGA NI IMANZI wita cyane kubana n’urubyiruko bahuye n’ibibazo bitandukanye. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho kuwa kane tariki 4 Mutarama 2024 I Kigali aho umuryango … Continue reading Bamwe mubana bakize ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe bakomeje kuvuga imyato umuryango Uyisenga n’Imanzi wababereye igisubizo.