Amakuru mashya

Itorero ry’ADEPR intabaza itabariza abapasiteri n’abavugabutumwa birukanywe na Ndayizeye Isaie ikomeje kuvuza ubuhuha.
Ivugabutumwa:Mu itorero ry’ADEPR abapasiteli n’abavugabutumwa biringiye Yesu Kirstu mu ntabaza ndende yo kubakuraho agahinda batewe na Pasiteli Ndayizeye Isaie. Ivugabutumwa
Amakuru y'ubutabera

Ngenzi Jean Bosco akomeje gutabaza kugirengo arenganurwe ku karengane akorerwa na Uwonkunda Oliva wigeze kuba umugore we.
Abakera bati”Utazize inarashatse azira inarabyaye.Aha niho haza ikibazo gikomeye gishingira ku karengane Uwonkunda Oliva akorera uwo bigeze gushakana Ngenzi Jean
Amakuru y'imyidagaduro

Kayonza: Hasojwe ihuriro ryari rigamije kwigisha abakobwa ku bibazo bahura nabyo harimo n’ihohoterwa ribakorerwa
Abakobwa babarizwa muri porogramu za GLOW harimo abari muri GLOW Clubs (Biga kwikorera ubuvugizi), Healthy GLOW (Biga ubuzima bw’imyororokere), Girl
Amakuru ya Politiki
Amakuru y'ubukungu

Ishoramari n’imwe muri gahunda leta y’u Rwanda ikangurira abanyarwada ndetse n’abayamahanga gukora bakiteza imbere.
Uko bucya bukira Leta y’u Rwanda ishora amafaranga menshi mu mishinga yo gufasha abanyarwanda gutera imbere,kugirengo nabo batange akazi kubatagafite
Amakuru y'imikino

Ruhago nyarwanda.Ferwafa yakingiye ikibaba amakosa y’abafana b’ikipe y’APR fc k’urugomo bakoze.
Ntaho bukikera n’abafana b’ikipe y’APR fc bafatiwe mucyuho bahungabanya umutekano bigaragambya batabisabiye uruhushya.No muri APR WFC bagaragaye ku kibuga baroga






























