Author: ingenzinyayo
Ruhago nyarwanda”Rayon day ishusho y’abareyo mbere y’uko ikipe yabo bihebeye itangira amarushanwa y’imbere mu gihugu nayo muri Afurika.
Umukunzi w’umupira w’amaguru mu Rwanda iyo yumvise ko ikipe ya Rayon sports izakina umukino uwariwo wose waba shampiyona cyangwa uwa
Read moreKonsa Neza, Inkingi y’Ubuzima n’Ubwenge: Uko Iminsi 1,000 ya Mbere y’Umwana Ari Ishoramari ry’Ejo Hazaza.
Mu Rwanda no hirya no hino ku isi, iminsi 1,000 ya mbere y’umwana kuva igihe umubyeyi atwite kugeza umwana agejeje
Read moreMama Mukura wari umufana wa Mukura Victory Sports n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yitabye Imana.
Mukanemeye Madeleine uzwi nka Mama Mukura yitabye Imana kuri iki Cyumweru azize urupfu rutunguranye. Uyu mubyeyi wari umenyerewe cyane ku
Read moreMu isi hose amakipe arashakisha abakinnyi nabo bayahindura : N’ubwo Ronald Araujo yari yongereye amasezerano mu ikipe ya Fc Barcelona ashobora gutandukana nayo .
Ronald Araujo ashobora gusohoka mu ikipe ya Fc Barcelona nyuma y’Amezi arindwi yongereye amasezerano. Mu gihe habura igihe gikabakaba ukwezi
Read moreGukina umupira w’amaguru bya kinyamwuga bikomeje kuzamura urwego rwa bamwe mubanyarwanda.
Abakinnyi b’abanyarwanda Djihad Bizimana na Manzi Thierry bakinira ikipe ya AL AHLY TRIPOLI yo mugihugu cya Libya. Mu gihe shampiona
Read moreUmukinnyi ukina yugarira izamu Akayezu Jean Bosco yishimiye kuva muri As Kigali akajya muri Gorilla fc.
Umukinnyi w’ikipe ya Gorilla fc Akayezu yavuzeko kuva yakina umukino wa gicuti n’APR fc asanga ikomeye kurenza Rayon. Myugariro w’iburyo
Read moreUbumwe Road: Abaturage ba Kamonyi biyubakiye kaburimbo ya miliyoni 71 Frw, Urugero rwiza rw’ubushobozi bwo kwishakamo ibisubizo.
Mu gihe hirya no hino mu gihugu abaturage bacyumva ibikorwa remezo nk’inkingi zishingira ku ngengo y’imari ya Leta, abaturage bo
Read moreManirareba Herman umunyepolitiki utavuga rumwe na Leta aribaza uko umuganura uzakorwa bimwe mubihingwa ngandurarugo byaracitse.
U Rwanda rwa Gihanga ,u Rwanda rw’abanyarwanda nirwo ngobyi ihetse bene kanyarwanda.U Rwanda kuva rubayeho kugeza abazungu barukoronije rwaranzwe n’umuco
Read moreMuvunyi Paul n’itsinda ayoboye bagabye ibitero mu ikipe ya Rayon sports bagamije kuyisenya.
Urigiye kera ruhinyuza intwali.Uko ibihe bigenda byicuma ,ninako ibikorwa byiza bya buri muntu byigaragaza,bikaba ariko ibikorwa bibi bya buri muntu
Read moreRuhago nyarwanda mugihirahiro.Umukandida umwe rukumbi mu matora ya Ferwafa inzira iniga umupira w’amaguru.
Umupira w’amaguru mu Rwanda ukomeje kuba mucyuho gitamirijwe n’umwijima wanze gutamuruka, kugirengo umupira w’amaguru mu Rwanda ubeho mu mucyo utanga
Read more