Author: ingenzinyayo
Ruhago nyarwanda: Imikorere ya Ferwafa yubakiye ku kinyoma yatumye abafana b’ikipe ya Kiyovu batakijya kuri Stade.
Kubuza ubwisanzure ikipe ya Kiyovu sports n’iyo nzira yo guca Abafana ku kibuga.Kiyovu sports uwayikunze ntazayireka kuko n’uko yisanze mu
Read moreRwakivumu II – Taba yigaragaza nk’igisubizo cy’imiturire itekanye hafi y’Umujyi wa Kigali
Mu gihe Umujyi wa Kigali ukomeje kwaguka no kwakira abawugana buri munsi, Site y’Imiturire ya Rwakivumu II – Phase II,
Read moreUbutabera:SOFAREX yabaye urwitwazo biha Umujyi wa Kigali kuniga ibyemezo by’inkiko Kanzayire Emilienne yimwa ubutabera.
Biravugwa bikongera bikavugwa,hakaba ubwo ibyemezo by’inkiko biterwaho kashe mpuruza bigashyirwa mubikorwa,hakaba n’ubwo ibyemezo by’inkiko biteshwa agaciro kandi nta bujurire bwabaye.Inkuru
Read moreUmuhanzi Semucyowera Jean Berchimas Alias Semu aracyavugwa,aracyaririmbwa.
Ubugeni n’ubuhanzi n’ikimwe mubihora biranga uwabikoze akabisangiza abantu batandukanye.Inkuru yacu iri k’umuhanzi Semucyowera Jean Berchimas Alias Semu.Uyu muhanzi yamenyekanye muri
Read moreItorero ry’ADEPR intabaza itabariza abapasiteri n’abavugabutumwa birukanywe na Ndayizeye Isaie ikomeje kuvuza ubuhuha.
Ivugabutumwa:Mu itorero ry’ADEPR abapasiteli n’abavugabutumwa biringiye Yesu Kirstu mu ntabaza ndende yo kubakuraho agahinda batewe na Pasiteli Ndayizeye Isaie. Ivugabutumwa
Read moreRuhango: Abaturage bavugirije induru Niyonsaba Japhet ukomeje guhuguza inzu uwigeze Kuba umukazana we.
Urukiko rwibanze rwa Ruhango n’irwo ruhanzwe amaso urubanza Niyonsaba Japhet aburanamo n’uwigeze kuba umukazana we Iturushimbabazi Yvonne.Abaturage bavuye mugace ka
Read moreUmuryango wa Islam RMC ukomeje kuzamura iterambere ry’u Rwanda by’umwihariko mu karere ka Bugesera.
Mu karere ka Bugesera bashimiye Mufti w’u Rwanda Sheikh Sindayigaya Mussa k’ubw’ibikorwa by’indashyikirwa byo gushyira ibuye fatizo ryahagiye kubakwa Umusigiti
Read moreUmujyi wa Kigali warenganyije Kanzayire Emelienne uha Rumongi Longin icyuho cyo kunyereza imitungo bashakanye.
Uburenganzira bwa muntu bushingira ku ngingo nyinshi,ariko iz’ingenzi zishingira ku mategeko . Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda rivuga ko
Read moreRuhago nyarwanda.Ferwafa yakingiye ikibaba amakosa y’abafana b’ikipe y’APR fc k’urugomo bakoze.
Ntaho bukikera n’abafana b’ikipe y’APR fc bafatiwe mucyuho bahungabanya umutekano bigaragambya batabisabiye uruhushya.No muri APR WFC bagaragaye ku kibuga baroga
Read moreUbutabera: Abashinzwe ubutaka mu mujyi wa Kigali barenganyije Kanzayire Emilienne bakingira ikibaba Rumongi Longin
Umujyi wa Kigali, ishami rishinzwe ubutaka, rirashyirwa mu majwi ko rikingira ikibaba Rumongi Longin wanyereje imitungo asangiye n’umugore we Kanzayire
Read more












