Akarere ka Kamonyi: Umudugudu wa Rugazi wo mu murenge wa Runda ubwumvikane bukomeje kugerwa ku mashyi Meya niwe uhanzwe amaso.

Imyumvire n’imitekerereze ya muntu nibyo bimuha ubwisanzure mubitekerezo bye,iyo abikora atabangamira abaturanyi biba igisubizo,naho iyo anyuranyije n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda aba abangamiye umudendezo wa Rubanda.Haraho usanga umuntu umwe cyangwa abantu bashaka kuvogera ubusugire bwabo baturanye.Ubu rero turi mu karere ka Kamonyi, Umurenge wa Runda,mu mudugudu wa Rugazi ahavuzwe ikibazo hagati y’abaturanyi aribo Denys Kabasange na Daniel bashatse kurwana bivuye k’ubwumvikane buke bwo kutumvikana.

Mbere y’uko twinjira mu kibazo gishingiye kubyabaye hagati ya Denys na Daniel bigaragarako umudugudu wa Rugazi ufite gahunda y’ibikorwa by’iterambere kuko bateguye kwikorera umuhanda Bishenyi ugera mu Rugazi nk’uko twabitangarijwe nabahatuye.Ubwo batangaga umusanzu wo kubaka umuhanda byerekana ko uyobora umudugudu wa Rugazi afite icyerekezo cyiza gishingiye ku miyoborere,ariko ikibazo cya Denys wagonze igipangu cya Daniel kikaba cyaranze gukemuka gikomeza gukwiza umwuka mubi,cyane ko abaturage bahindutse nk’abafana amakipe y’umupira w’amaguru.

Kwagura umuhanda bishenyi -Rugazi:

1.Emmanuel (umuhudi):20000fr
2.Serwakira:50000fr
3.Denys 100000-50000✅
Emmanuel 10000✅
5.Bugingo 50000
6.Nsekanabo 10000
7.Davide 50000-20000✅
8.Thaddée 30000✅
9.Vital 50000✅
10.Paul 50000✅
11.samuel 20000✅
12.Darius 50000✅
13.Evode 40000✅
14.Sankara 20000
15.Gaspard 10000✅
16.Donath 20000
17.Thiery 20000✅
18.Sylvestre 10000
19.
20.

Umusanzu murawunyuza kuri 0788567803 Rurangirwa.

Ubwo Denys yagongaga igipangu cya Daniel havutse imvururu,kugeza ubwo Denys yashyize k’urubuga ruhuza abaturage bose batuye umudugudu wa Rugazi.Impanuka ikimara kuba Denys yashyize k’urubuga agira ati”Nkuhohoteye nkagonga ntiwakurikiza amategeko?ningombwa ngo usohokane umuhoro?aha niho benshi batuye umudugudu wa Rugazi bahera ho bakavugako ubwumvikane ari bike, cyaneko iyo abaturanyi batangiye gushinjanya gushaka kwicana biba byaremze ubumwe n’ubwiyunge.Denys yakomeje agira ati”aravuga ngo nasinze njye mvuye mukazi ka Leta nasinze?ibaze ko yaratangiye gutoragura amabuye ngo atere muri parablise y’imidoka yanjye aho yariparitse kubera ubunyerere.Umuturage wa Rugazi nawe ati”Koroherana ni wo musingi wubakirwaho ubuvandimwe ,kandi abantu bakagera ku iterambere.Undi muturage nawe ati”Turakwihanganishije bwana Denys kuko wagize impanuka ihangane.Denys we yakomeje ashyira k’urubuga rw’Umudugudu agira ati”

Mwaramutse! Umuturanyi wanjye yaranyishe, ndatashye imodoka iranyerera ikora kujyipangu cye asohokana umuhoro aje kuntema unuzamu we afite icumu, bazanga imodoka barayizi, babuze uko bsbigenza baramfata ngo bankubite ndabananira biba birebire mpamagara unuzamu wanjye arabamfasha, ariko muruyu mudugudu dufite abantu badafite umutima mwiza

Umugore we asohotse avuga ukuntu ntamuhaye commision yibibanza naguze kandi siwe wabindangiye

Uwo muturanyi nanubu musize akivuga ngo na rujugiro tribert yarapfuye nkatswe wowe

Ibaze unuturanyi nkuyu

Nka baturanyi twari kibinjyamo bidafashe Indi ntera kuko birasanzwe ko imodika ikora accident

Urakoze kubyemera

Nibyo rwose tunjye tureka amategeko agenga icyaha cyakozwe Abe Ariyo avuga kuko uburakari bwakoresha umuntu ibindi byaha bigeretseho

Kandi pe burya umuturanyi aba ahindutse umuvandimwe wibihe byose

Uko dukomeza duhabwa amakuru n’uko hariho abatuye Umudugudu Rugazi bashatse kumvikanisha Denys na Daniel umwe ati”

Yampaye Inka!? Izi ntwaro gakondo burya muracyazibitseho ???
Icumu ??

Ibintu muri kuvuga se koko byabaye !

Birababaje, gusa mubiganireho mwiyunge, mudugudu yabashakira umuhuza

Ariko tubegereye bombi byakemuka Kandi mu mahoro

Abaturanyi ni Abavandimwe rwose ibyo bintu babireke muri Cartien yacu duhuzwe nibiganiro kdi mu Mahoro.

Rwose

Bo,Ubwabo begerane baganire nibakuru kamere ntikatuganze tujye tuyinesha Muganire Birakemuka singombwa ko hazamo abandi banu.

Yego mubafashe umubano usubire muburyo !
Umuturanyi ni umuntu ukomeye !

Ariko kuba nigeze ubu ntawe uravuga ko bumvikanye nukivuga ko bitakemutse

Ntago biba byoroshye iby’ubyuvuga n’ukuri.

Mwiriwe neza !
Abaturanyi ba Dennis na Daniel mube hafi mukanya saa kumi n’igice dufashe aba bombi nk’uko umwe muribo yabinsabye.

Murakoze !

Nimuze njye ndahajyeze

Ni hehe?muri Cg mbonye message ntinze

Icyo mbonyemo ni uko Dennis adashaka ko tubahuza ngo amakimbirane mwagiranye akemuke!
Twahanye gahunda ya saa kumi n’igice none tubonye Daniel we turamubuze ,tumurebye murugo tubuze n’utwakira kdi batubonye ntibifuza kutwegera.

Ejo mutekano yaje kubasha nabwo Dennis arabyanga kuko yamuhamagaye kenshi ntamwitabe!

Ntababeshye ibi mbibonyemo agasuzuguru gakabije kdi birambabaje !

Icyo nabibutsa ni uko natwe tuba tutabuze icyo dukora,ibi ni ukwigomwa tugira dukorera igihugu cyacu nk’uko namwe mugikorera mubundi buryo !

Rero kugirango ibi bishoboke ni uko twubahana buri wese murwego rwe !

MURAKOZE !!!!

Arifuza ko umukorera urugi bikava munzira.ibyo ni ibisanzwe iyo habayho accident abantu barumvikana!

Muyobozi ihangane kdi komera guca bugufi ntibivuna Umugongo ntako utagira rwose.

David byihorere hatabayeho kwihangana ntacyakorwa!
Duhura na byinshi!

Mwiriwe neza
Muyobozi wacu ihangane ariko birababaje

nukwihangana

Please mwubahe ubuyobozi bwanyu muhereye kuri mutwarasibo kuko ntakiguzi bisaba.urubyiruko nk’uwo wemera kubafasha ntacyo abasabye mukamusuzugura mwumva atari ukumuca intege?
Nari namusabye ngo ahatubere ariko banga kumwitaba !!

Nyamara kubona ujya muri izi nshingano biragorana pe! Kuko abenshi ntibabyemera.

Nimudufashe mutworohereze gukora izi nshingano ,mwishyu ra mutuel, umutekano n’izindi gahunda za l’état ibindi natwe muzabitubaze?
Murakoze🙏

Nibyo rwose Niko umuririmbyi yavuze ngo ” kubaha ntibigombera amashuri cg amafaranga ” Kandi ngo bisuzuguza ubigize” kubaha ni imwe mundangagaciro z umunyarwanda .

Sorry “kutubaha 👆 bisuzuguza ubigize”

Muyibozi nukwihangana, gusa burya niyo ataba numuyobozi mugenzi wawe igihe agukeneye kandi yaguteguje nibyiza kumuha umwanya ukamutega amatwi, Gusa muyobozi ukora inshingano zawe neza ntako uba utagize courage, ibyiza birimbere

Ese ntamuntu wandusha aho twari tujyeze mugutanga umusanzu wo kwagura umuhanda ngo twongere tubiganireho , muminsi ishize banyibye phone.
Turasangira amakuru y’aho byari bijyeze n’icyakorwa

Comité mwatoye narayitegereje ndayibura

Ahubwo nukudufasha biriya biti byo kumuhudi byasigaye hagati mumuhanda tukareba uko byavaho, niba ya contribution ntacyasigaye twakomeza gutereteranya

ngo

Ubu izindi messages zose twavuze zikureba ntacyo wazivugaho?

Nabikubwiyeho inbox kubera ari wowe waje kundeb nubwo ntabonetse

Gusa nanabisubiramo

Uriya mugabo uri gushaka ko mukoreshereza aho nagonze unubwire ahamagare police ize ipime irita ni accident yo mumuhanda ntaho ihuriye nibibazo byo mumudugugu

Nuko nabasubije👆

Ahaaaa,,,!!!

Murabeho

Urabeho nawe

Biragoyeko police yaza gupima pe

Ibyerekeranye n’umuhanda

Duheruka dukora k’umuhudi dutekereza aho twashira biriya biti naho habonetse tuvuga ko azakuramo Umucanga

Tugahera harya hepfo hari ikorosi kuzamuka harangira tukaza kuruyu Umanuka kwa Evode twiga uburyo wazakorwa niba rigori yakomeza no kwa paul cg igaca kuruhande rwa Evode imena muri ruhurura ndumva tumaze no kuwaguraho ndumva ari aho byagarukiye Murakoze.

Gusa nanabisubiramo

Uriya mugabo uri gushaka ko mukoreshereza aho nagonze unubwire ahamagare police ize ipime irita ni accident yo mumuhanda ntaho ihuriye nibibazo byo mumudugugu

Nuko nabasubije👆

Ahaaaa,,,!!!

Murabeho

Urabeho nawe

Biragoyeko police yaza gupima pe

Ibyerekeranye n’umuhanda

Duheruka dukora k’umuhudi dutekereza aho twashira biriya biti naho habonetse tuvuga ko azakuramo Umucanga

Tugahera harya hepfo hari ikorosi kuzamuka harangira tukaza kuruyu Umanuka kwa Evode twiga uburyo wazakorwa niba rigori yakomeza no kwa paul cg igaca kuruhande rwa Evode imena muri ruhurura ndumva tumaze no kuwaguraho ndumva ari aho byagarukiye Murakoze.

Nibyo Tugomba kubanza guhangana n’ikibazo cy’amazi kugirango atadutwara Uyu muhanda wacu cyane cyane Aho dutuye.@Commitee yakorana n’umuyobozi w’umudugudu hakagaragazwa imbago z’umuhanda hanyuma rigore zitwara amazi zigashyirwa mu byihutirwa n’ubwo zazubakwa buhoro buhoro ariko nibura zigahita zicukurwa ku bushobozi buhari amazi tukayavana mu muhanda hanyuma hagakorwa Devis yo kuzubaka.@Dushimiye Pasteur ukorera ubutumwa muri Kenya ku musanzu w’ibitekerezo aduhaye.

@+250 788 567 803 natubwire amafr yasaguyse kuri ruriya ruzitiro rw’Umuhudi, dushyiraho budget yo gukora ama regole hanyuma tureba niba harabura nayo tuyateranye

Rigore yakwihutirwa n’ituruka kwa Aimable umanukira kwa Evode igakomereza haruguru yo kwa Darius igakomereza itambika kwa Thadée ikamanuka kwa Thiery imbere yo kwa Paul igakomeza ikamena mu yo kwa Vital .Bibaye byiza twazakora umuganda w’uku kwezi ku wa Gatandatu imirimo yayo irimo gukorwa.@Vital, muvugane na team mubinoze.

Ibyo ni bimwe twaganiriye n’ Aho byari bigeze muri contribution.

Merci beaucoup, banyibye téléphone ,ntamakuru nari ngifite!

Mwaramutse neza ! Abagize comité nimugerageze turebe uko twahura dupange.
Mbabwire aho bijyeze n’impamvu twabaye duhagaze kubahudi,turebe naho twakomereza !

Ahubaka iki ubwo?!!

Igipangu

Ko mbona arimbere y’urugi rwabandi babyumvikane nk’abaturanyi.

Babyumvikana gute se ubu?bose banjya baca he?

Ntibyoroshye

Dr Ndayo Meya w’Akarere ka Kamonyi niwe uhanzwe amaso ikibazo cyo mu Rugazi (, photo archives)

Uyu mudugudu wa Rugazi uhoramo ikibazo cyo kutubahana kandi abawutuyemo bose nabaguze ubutaka barubaka.Amakuru atandukanye atanywa n’abaturage batandukanye yemezako habamo kutumvikana bishingiye ku mirimo umwe akora munzego zitandukanye z’ubuyobozi,bityo agakandagira abaturanyi.Niba bigezaho hagaragara ikibazo nka kiriya ntigikemuke,ubutaha hazacurwa inkumbi.Aho gukurikirana icyaha cyakumirwa kitaraba kuko ntawuba hejuru y’itegeko.Murenzi Louis

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *