Author: ingenzinyayo
Ruhago nyarwanda.Ferwafa nidacunga neza ubukomisiyoneri burasenya amakipe isigare ku izina.
Umupira w’amaguru mu Rwanda wabaye iciro ry’umugani,kuko amakipe yaho yabuze epfo abura na ruguru, mugihe abayagabirwa bahora bifuza ko shampiyona
Read morePolitiki: Ishyaka Green Party ryakoresheje Kongere mu Mujyi wa Kigali rikomeza gushimangira inzira ya Demokarasi.
Uko bucya bukira isi yose iragenda yubaka uburyo bwo kugera k’ubutegetsi binyuze mu matora y’amashyaka menshi.Aha niho hashimangira ko ishyaka
Read morePolitiki: Kuki FPR inkotanyi ikigendera kuri Repubulika y’u Rwanda n’ubwigenge itemeraga igihe cy’urugamba?
Benshi mubanyarwanda bibeshyeko FPR nifata ubutegetsi izagarura ingoma ya cyami igakuraho Repubulika y’u Rwanda barabiheba.Benshi mubanyarwanda bafashe FPR nk’ishyaka UNAR
Read moreRuhago nyarwanda: Umupira w’amaguru imwe mu ntwaro yafashije FPR kumenyekana mu Rwanda no guhuza abasirikare n’abasivili bayo k’urugamba.
Abasivili ba FPR inkotanyi bakinnye n’abasilikare mbere y’uko urugamba rwo guhagarika jenoside yakorewe abatutsi rwubura.Ibihe bihuzwa n’umuntu akurikije uko abyifuza.Ibihe
Read moreUmwami Mutara III Rudahigwa umwe mubanyarwanda bakoresheje imbunda ashyize umuheto hasi.
Imigenzo ishamikiye ku mihango gakondo nyarwanda yagiye imurwaho buhoro buhoro kugeza byose umukoloni abimize bunguri.Umuheto n’imyambi nibyo byari intwaro ikaze
Read moreRuhago nyarwanda:Ikipe ya Rayon sports yatsinze As Muhanga ibihaye abafana bayo ubunani
Umupira w’amaguru mu Rwanda ugira inyito nyinshi buri wese akurikije uko abyumva cyangwa uko abishaka.Shampiyona y’u Rwanda 2025/2026 yari imenyerewemwo
Read moreInyerezwa ry’imisoro muri ADEPR bibaye igisasu ku ngoma ya Pasiteli Isaie Ndayizeye bikaganisha ku iyegura rye
Urujya n’uruza rw,ibibazo byugarije itorero ry’ADEPR rwaburiwe umuti.Aha niho abizerwa bo mu itorero ry’ADEPR tumaze igihe tuganira,ariko bakadusabako twagira ibanga
Read moreRuhago nyarwanda mu ikipe ya Rayon sports Komite nyobozi y’inzibacyuho yikorejwe umutwaro .
N’iki cyateye ikipe ya Rayon sports gukundwa na benshi?n’iki cyateye ikipe ya Rayon sports kugwa mu mutego w’ibibazo?uko umuntu abyumva
Read moreInyerezwa ry’imitungo y’itorero ry’ADEPR itejemo bomboli bomboli biro nyobozi iyobowe na Pasiteli Ndayizeye Isaie ikaba igeze mu marembera.
Ivugabutumwa rishingiye kuri Yesu Kirto ryumvikanye mu itorero ry’ADEPR hubahwa kirazira ,none Abakirisitu barakekaho biro nyobozi kuba barahinduye umuvuno bikaba
Read more













