Author: ingenzinyayo
Indwara z’Umutima zihitana abantu 59% mu Rwanda: Uko Rubavu iri guhangana n’iki kibazo kubufatanye na RBC.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara z’umutima ari zo ziza ku isonga mu guhitana abantu mu Rwanda, aho
Read moreRwanda:Kuki Ministri y’uburezi yakomeje kubamo ibibazo byaburiwe ibisubizo iherezo rizaba irihe?
Ibihe bisimburana k’ubuzima bwa muntu haba mubihugu byitwako byakataje mu majyambere n’iterambere ,no muri bya bihugu bitaragera aho bigera hamwe
Read moreMu kigo cy’ishuri rya Sos Kayonza ishyamba si ryeru haravugwamo ko abayobozi Sanduy Robert na Twahirwa Julius basohoye Imodoka igakora impanuka.
Urujya n’uruza rw’ibibazo byugarije ikigo cy’ishuri rya Sos Kayonza byaba biterwa n’abayobozi baho.Inkuru igera ku kinyamakuru ingenzi news paper na
Read moreRuhago nyarwanda: Ubukene n’ubukomisiyoneri buravuza ubuhuha mu makipe ifaranga rinyerezwa.
Umupira w’amaguru mu Rwanda urugarijwe,kandi wugarijwe n’ibibazo bitezwamwo n’abavugako bakunda amakipe.Uko bucya bukira ikinyoma kiragenda gisasirwa kikaryama,ariko noneho cyaryamanye ubukomisiyoneri
Read moreIgitugu cya Gitifu w’Akagali ka Kagina Gahigi Charles n’uhagarariye PSF Samvura Ananias bakomeje guhangana n’abacuruzi babarega igihombo.
Abacuruzi bacururiza muri centre ya Kagina mu kagali ka Kagina Umurenge wa Runda,Akarere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo haravugwamo ibibazo byinshi.Uko
Read moreUmutekano.Ibiyobyabwenge bikomeje kuba intandaro y’urugomo n’ubujura.
Biravugwa bikongera bikavugwa,ariko inzira yo guca ibiyobyabwenge yarabuze,yarananiranye.Inzego z’umutekano zihohazaho inama mu mudugudu,Utugali buri muturage wese akangurirwa kuba ijisho rya
Read more