Author: ingenzinyayo
Inyerezwa ry’imisoro muri ADEPR bibaye igisasu ku ngoma ya Pasiteli Isaie Ndayizeye bikaganisha ku iyegura rye
Urujya n’uruza rw,ibibazo byugarije itorero ry’ADEPR rwaburiwe umuti.Aha niho abizerwa bo mu itorero ry’ADEPR tumaze igihe tuganira,ariko bakadusabako twagira ibanga
Read moreRuhago nyarwanda mu ikipe ya Rayon sports Komite nyobozi y’inzibacyuho yikorejwe umutwaro .
N’iki cyateye ikipe ya Rayon sports gukundwa na benshi?n’iki cyateye ikipe ya Rayon sports kugwa mu mutego w’ibibazo?uko umuntu abyumva
Read moreInyerezwa ry’imitungo y’itorero ry’ADEPR itejemo bomboli bomboli biro nyobozi iyobowe na Pasiteli Ndayizeye Isaie ikaba igeze mu marembera.
Ivugabutumwa rishingiye kuri Yesu Kirto ryumvikanye mu itorero ry’ADEPR hubahwa kirazira ,none Abakirisitu barakekaho biro nyobozi kuba barahinduye umuvuno bikaba
Read moreUbuyobozi bwiza n’ibwo jisho ry’umuturage bigaha icyizere impunzi zaruhungiyemo zikaruvuga imyato.
Amahoro n’iyo nkingi y’umutekano wa rubanda.Ubwo mugihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi umutekano wagerwaga ku mashyi ,bamwe mubarundi bahungishije ubuzima bwabo bahungira
Read moreADEPR :Igicu cyongeye kubudika mu gihe hizihizwa yubile y’imyaka 85 itorero ry’ADEPR rigeze mu Rwanda ryigisha ijambo rihimbaza Yesu Kirstu.
Ubwo mu Rwanda humvikanaga itorero ry’ADEPR benshi barifashe nk’irivuga Yesu Kirstu muburyo burenze,cyane ko kuva rigeze mu Rwanda kugeza
Read moreIntara zimwe utundi turere ku mukandara w’umukanda izindi ntoboro ntagikozwe inzara iravuza ubuhuha.
Intambara y’ubukungu niya buri wese cyangwa niya Guverinoma?imyaka yo hambere kuva ku ngoma ya cyami habayeho inzara zitwa amazina nka:Rumanurimbaba,Gakwege,Gashogoro
Read moreAbakera bati’gusaza n’ugusahurwa bigaha icyuho indwara kwibasira abageze muzabukuru.
Ministeri y’ubuzima kuva yajyaho ntabwo irerekana uko buri cyiciro cy’imyaka cyibasirwa n’indwara .Mugihe abana bato bavuka bicwa n’indwara cyangwa abagore
Read moreRuhago nyarwanda:Ikipe Zebres fc yasimbujwe Gicumbi fc bitanga icyuho cyo kureka gukunda umupira w’amaguru muri Byumba.
U Rwanda rwa mbere y’umwaduko w’abazungu umukino w’umupira w’amaguru ntawakinwaga .Ubwo abakoloni bageraga mu Rwanda nibo batangije gukina umupira w’amaguru,utangirizwa
Read more













