Author: ingenzinyayo
.Mugihe isenywa ry’amazu yubatswe adafite ibyangombwa rikomeje gukekwamo Ruswa abatuye Umurenge wa Kigali wo mu Mujyi wa Kigali batabaje Ministeri w’Ubutegetsi bw’igihugu.
Urujya n’uruza rw’iterambere rya rubanda rishingira ku miturire,ibindi bikaza ar’inyongera.Iyo wumvise isenywa ry’amazu yubatswe adafite ibyangombwa mu mujyi wa Kigali
Read moreTwibuke Twiyubaka Gs de Cyahafi bibutse jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro 31
Kubaka u Rwanda ruzira ingengabitekerezo ya jenoside nirwo rukenewe.Uwarokotse bamuha ihumure bagira bati”mpore”Ijambo ry’ikaze ryahawe umuyobozi w’ishuri. Umuyobozi w’ishuri rya
Read moreN’izihe nyungu abayobozi b’Akarere ka Nyanza bafite kuri Bizumuremyi Philippe bashaka kugira Daf w’ibitaro ku ngufu adafite ibyangombwa?
Ibihe by’iminsi bihishira ikinyoma,ariko igihe cy’umunsi umwe kikagihishura ukuri kugatsinda.Aha niho ruzingiye mu bitaro by’Akarere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo.
Read moreRuhago nyarwanda:Ubusumbane ku makipe bukomeje kuvuza ubuhuha muri Ferwafa zimwe zikabura kirengera.
Ikipe y’Amagaju fc yatanze ikirego muri Ferwafa irega iya Muhazi fc .Ese Kalisa Adolphe umunyamabanga wa Ferwafa araza kwemera guhana
Read more