Author: ingenzinyayo
Ishyamba si ryeru muri bamwe mubafana b’ikipe ya Rayon Sport
Paul Muvunyi nakomeza kureberera kuyobora Rayon Sport bizamunanira.Intsinzi nigendane n’urukundo. Ese kuki mu ikipe ya Rayon Sport hashobora kubamo ababangamira
Read moreRayon Sport yakuye intsinzi mu menyo ya rubanmba
Ikipe ya Rayon Sport,ikipe ikundwa na benshi,ikipe ifite amateka akomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda ikoze akazi katoroshye bituma yinjira
Read moreMinisiteri y’ibikorwa remezo na RURA ninde ukwiye kubazwa igihirahiro gishyirwa mu itwarwa ry’abanyeshuri
Itangira ry’abanyeshuri ishusho mbi y’ibigo bitwara abagenzi.Kwitana ba mwana hagati y’ibigo bitwara abagenzi na RURA bizakemuka ryari? Uburyo bushya butwara
Read moreFerwafa izagira umutuzo ryari?
Inkuru ikomeje kuba kimomo ko mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (Ferwafa)ryugarijwe n’ibibazo bitarabonerwa umuti kubera ko ihoramo intugunda zishingiye ku miyoborere.
Read moreImana yumva amasengesho nitabare ADEPR naho ubundi ishyamba siryeru
ADEPR Urwishe ya nka ruracyayirimo,ijuru riracyatwikiriwe n’igicu gikomeje kubudika. Abakiristo bo mu itorero rya ADEPR ngo barasenga kugirengo babone umucyo
Read moreChina Raod ikimenyetso kinaniza ubutabera bw’u Rwanda igamije guhungabanya umutekano wa Rangira Bernadette.
Ubutabera buboneye bwunga abene gihugu ,naho ububogamye burabateranya. Mugiraneza Gustave we ngo urubanza China Raod yarezemo Trans GL Grand Lacs
Read moreUmutungo intandaro y’urwangano mu miryango
Uzamushaka Providence ashobora gufungwa natishyura amafaranga yariye agurisha imitungo ya Ntawumenyumunsi Marc iri mu mujyi wa Gisenyi yari yagurishije nk’iye
Read moreChina RAOD ihejeje abanyarwanda mu gihirahiro ubutabera burebera ifatanije na Mugiraneza Gustave
Urubanza ruzasomwa tariki 30 ukwakira 2017 Ababurana bose batanze ibimenyetso mu rukiko. Mu nkiko kwivuguruza bitera kwibaza niba abahohoterwa na
Read moreKaminuza zigenga mu mazi abira
Nzitonda avuga ko Hec imukoreye akarengane kuko ntacyo abura na kimwe cyatuma afungirwa ishuri. Kaminuza yigenga ya STES yafunguye amasomo muri
Read moreADEPR :Urwikekwe ni rwose.
Tom Rwagasana ngo aracyari Bishop kuko no muri gereza yavugaga ijambo ry’imana. Inkoni ukubita bandi nawe ibigutegereje Tom Rwagasana yaciye
Read moreAS Kigali iravahe irajyahe?
Uyobora AS Kigali kugurisha abakinnyi byaramunaniye nabo yaguze yababuriye isoko.Iyi niyo yari intego muri AS Kigali none ishyamba siryeru. Umutoza
Read moreMeya Habitegeko noneho ngo fagitire zigiye kumweguza
Nyaruguru barashimira Minisitiri Kmaboneka inama yabahaye n’ubwo zimwe Meya Habitegeko atazubahirije. Amakuru ava mu karere ka Nyaruguru usanga yose atandukanye
Read more













