Author: ingenzinyayo
Gen Mubalak yanze ko umukinnyi Hirwa Jean de Dieu akinira ikipe ya Rayon sports none Abafana bayo babukereye kujya kubibwira Perezida Kagame .
Abafana b'ikipe ya Rayon sports nabo bari mubategereje guhabwa ijambo bakagezeho akarengane kabugarije kava k'umukinnyi Hirwa Jean de Dieu baguze
Read moreAbareyo bose bahuriye muri Rayon sports Day bongera kubaka ubumwe bategura ikipe izatwara ibikombe.
Ikipe ya Rayon sports nimwe muzigira Abafana benshi,nimwe muzigira ibigwi byinshi,nimwe muzigira ibibazo byinshi.Iy'ikipe iheruka gutwara igikombe cya shampiyona 2019.Ikipe
Read moreBamwe mubatuye Umujyi wa Kigali baratabaza kuko bugarijwe n’indwara ziterwa no kutagira amazi asukuye.
Ibikorwa remezo bishingira kuri byinshi.Ibikorwa remezo bifasha umuturage kugera ku majyambere arambye.Inkuru yacu iri ku kibazo cyabamwe mubatuye muduce dutandukanye
Read moreUrwikekwe rukomeje kuvuza ubuhuha hagati y’abagenzi batega imodoka n’abakozi ba RURA bashinja kubabangamira.
Hashize igihe leta ishyizeho ikigo ngenzuramikorere RURA , kugirengo hanozwe ibikorwa bimwe na bimwe bifitiye igihugu inyungu. Inkuru yacu iri
Read moreAbafana b’ikipe ya Rayon sports binubiye amagambo y’umuyobozi w’iy’APR fc Gen Mubalak ukomeje kubatesha agaciro
Uko bur'ikipe igenda yiyubaka ninako igira ibikorwa bitandukanye bizayifasha muri shampiyona ya 2022/2023 .Ikipe ya Rayon sports igihe itegura igikorwa
Read moreInshuro ya gatatu ikipe y’As Kigali yongeye kwihaniza iy’APR fc n’umutoza wayo Adil Mohammed Erradi.
Umupira w'amaguru ukinirwa ku kibuga nabawushinze niyo mategeko bawuhaye.Mu Rwanda ho har'igihe birengera ugasanga umupira w'amaguru wakiniwe mu nguni nyinshi
Read moreIbuka yatereranye uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi watotejwe na Pasiteri Budigili Herman wo muri ADEPR.
Bikomeje kudogera mu itorero ry'ADEPR ryagabiwe Pasiteri Ndayizeye Isai kugeza naho Pasiteri Budigili Herman yifata muruhame agacuhurira Pasiteri Kalisa Jean
Read more













