Ndahimana Floduard n’abatuye Akarere ka Ruhango baribaza icyatumye Murangira Jean Bosco atabazwa k’urupfu rwa Twagirayesu Samuel wicishijwe inkoni.
Uruhuri rw’ibibazo byugarije umuryango wa Ndahimana Floduard wiciwe umwana we Twagirayesu Samuel.Inkuru yacu iri mu karere ka Ruhango,aho twagiranye ikiganiro
Read more