Mu Rwanda inzira y’ubutinganyi yarenze umurongo ifata Umunyamakurrukazi Mukagakwerere Rehmat
Umuco w’u Rwanda uragenda uteshwa agaciro n’imico mvamahanga ,kugeza naho ubutinganyi butangira kuvuza ubuhuha muri bamwe mubanyarwanda n’abanyarwandakazi.Idini ya Islam yo yamaganiye ubutinganyi kure bituma umwe mubasikamukazi Mukagakwerere Rehmat wakoraga itangazamakuru ku ibitangszamakuru bitandukanye harimo BTN tv ashinjwa gukora,no gukoresha ubutinganyi.Amakuru dukura ahizewe ngo Mukagakwerere Rehmat yakoze ubutinganyi ndetse abukwirakwiza no murubyiruko.Bamwe mubo twaganiriye ,ariko batashatse ko twatangaza amazina yabo kubera umutekano wabo,bagize bati,”Twatunguwe no kubona umuntu wize agakora n’itangazamakuru ahinduka umutinganyi kugeza bimusenyeye urugo.

Undi waganiriye n’ikinyamakuru ingenzi news paper na ingenzinyayo com yagize ati”, Mukagakwerere Rehmat twajyaga twumva ko ari umutinganyi ntitubyemere ariko twaje kubona ibimenyetso turumirwa.Uwitwa Hassan aganira n’itangazamakuru yagize ati”Islam twabonye Rehmat wakoraga itangazamakuru abaye umutinganyi turumirwa,kandi yari umugore wubatse urugo.Twagerageje gushaka Mukagakwerere Rehmat uvugwaho cyangwa ukekwaho ubutinganyi ntitwabasha kumubona,naramuka abonetse tuzagezaho icyo abivugaho.Abayisilamu benshi bagize bati”twe mumyemerere yacu ntabwo twemera ubutinganyi ubuyobotse turamuca,n’uyu Mukagakwerere Rehmat twaramuciye,n’undi wese tuzabimenyaho ko ariwe tuzamuca.Undi yagize ati”twe impamvu twamagana ubutinganyi n’uko ar’umuco mubi wabaryamana bahuje ibitsina.Ese umugore aryamana na mugenzi we yabuze umugabo bashakana ngo babyare?umugabo we se aryamana na mugenzi we yabuze umugore bashakana ngo babyare? Islam rero niyo mpamvu twamagana ubutinganyi tukanaburwanya twivuye inyuma,kuko ubutinganyi nimwe mu nzira yo guca umuryango nyarwanda .
Murenzi Louis