- Aborozi b’inka bo mu kagali ka Nyagatovu murenge wa Kimoronko ho mu Mujyi wa Kigali baratabaza kuko inzuri zabo zigiye gusenywa.
- Akarere ka Huye mu ntara y’Amajyepfo Ministeri y’ubucuruzi n’inganda yahakoreshereje amahugurwa ku nganda zikora inkweto mu mpu.