Author: ingenzinyayo
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda :Ikipe ya Musanze fc yakosoye iy’APR fc abafana agahinda bagatura umutoza.
Umupira w’amaguru iy’ikupe zikina havamo itsinda n’itsindwa cyangwa bikarangira zigabanye amanota.Ikipe Musanze fc ibarizwa mu rw’amahunge mu majyaruguru y’u Rwanda
Read moreAs Kigali yatsinze ikipe ya Rayon sports abafana bivumbura kuri Komite nyobozi bayisaba kwegura inzira zikigendwa.
Umutoza w’ikipe ya Rayon Haruna ntazi iyo ava n’iyo ajya kuko we n’uwo kungiriza.Umutoza Haruna ntazi gusoma umukino,ntazi gukumira imikinire
Read moreBamwe mubasoreshwa bo mukarere ka Nyanza mu ntara y’amajyepfo n’umukozi wa RRA Nzahabwa Janvier ishyamba si ryeru.
Uko iminsi ishira indi igataha Leta y’u Rwanda ikangurira buri muturarwanda gusora ,kuko ariyo nkingi yo kubaka igihugu.Nta misoro nt’amahoro
Read moreRuhago nyarwanda: Etencelles fc yanganyije na Rutsiro fc k’umukino wa kalindwi wa shampiyona Rwanda Premier league.
Uruhururikane rw’umupira w’amaguru mu Rwanda urimo ingeri zitandukanye hagendewe ,uko bur’ikipe yubatse.Amakipe yubakiye k’uturere ahora muri muzunga izizunguza kubera amikoro
Read more🇷🇼✨ Uko Munyakazi Sadate Abona Visit Rwanda Ihindura Isura y’u Rwanda ku Ruhando Mpuzamahanga 🌍 no Mu Bukerarugendo ✈️🏞️
Inshuti y’urubyiruko, Munyakazi Sadate, yagarutse ku ruhare rwa gahunda ya Visit Rwanda mu guhindura isura y’u Rwanda ku rwego mpuzamahanga
Read moreAbaturage bo mu karere ka Nyaruguru baratabaza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame kuko bahejejwe mugihirahiro ku mitungo yabo.
Kiliziya Gaturika ifatanije n’Akarere ka Nyaruguru n’Intara y’Amajyepfo ntibacana uwaka n’abaturage babariwe imitungo yabo ntibabishyure.Ninde uzakua aba baturage mugihirahiro?ninde utakura
Read moreUTAGUZE IYI SAMBU IGURISHWA BUGUFI N’IKIYAGA BUGESERA-KAMABUYE WAGURA IYIHE YINDI?
UTAGUZE IYI SAMBU IGURISHWA BUGUFI N’IKIYAGA BUGESERA-KAMABUYE WAGURA IYIHE YINDI? Iyi sambu ifite ubuso 14,118.42sqm ni ukuvuga 1.41hectares mu karere
Read moreKayitare Jacqueline uyobora Akarere ka Muhanga yafunze Pasiteli Karahamuheto Celestin mu kigo cy’inzererezi amutesha itorero n’umuryango we.
Uko bucya bukira mu Rwanda haba imvugo y’uko umuturage ahora ku isonga mu iterambere ry’igihugu.Ubu turi mu mudugudu wa Gasovu,
Read moreRuhago nyarwanda: Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda itangiye gushyuha.As Kigali yanganyije na Police fc.
Umupira w’amaguru ubamo ibice bitatu kimwe muribyo nicyo cyagaragaye ubwo ikipe y’As Kigali yakinaga niya Police fc bikanganya.Iyi shampiyona itangira
Read moreRuhago nyarwanda:Ikipe y’As Muhanga idatabawe vuba yasubira mucyiciro cya kabili kubera gutsindwa cyane.
Uko wabyita kose izina ry’ikipe rihora rivugwa mu mupira w’amaguru.Ubu turi mu marangara ahabaye ikipe zakinnye kuva ku ngoma ya
Read more













