Author: ingenzinyayo
Ruhago nyarwanda:Mu ikipe ya Rayon sports byasubiye irudubi Muvunyi Paul arashaka gukuraho komite nyobozi akayegukana.
Umupira w’amaguru mu Rwanda uhoramo amacenga hagati muri buri kipe bagamije kuyiyobora.Ikinyamakuru ingenzi news paper na ingenzinyayo com kiri mu
Read moreKoperative ADARWA haravugwamo igitugu cya komite nyobozi kivuza ubuhuha FPR niyo ihanzwe amaso.
Imyaka irenga mirongo itatu irashize buri wese yisanga muri FPR,ibibazo by’urujya n’uruza niho birangirira.Inkuru yacu iri mu Mujyi wa Kigali,Akarere
Read moreIndwara z’Umutima zihitana abantu 59% mu Rwanda: Uko Rubavu iri guhangana n’iki kibazo kubufatanye na RBC.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara z’umutima ari zo ziza ku isonga mu guhitana abantu mu Rwanda, aho
Read moreRwanda:Kuki Ministri y’uburezi yakomeje kubamo ibibazo byaburiwe ibisubizo iherezo rizaba irihe?
Ibihe bisimburana k’ubuzima bwa muntu haba mubihugu byitwako byakataje mu majyambere n’iterambere ,no muri bya bihugu bitaragera aho bigera hamwe
Read moreMu kigo cy’ishuri rya Sos Kayonza ishyamba si ryeru haravugwamo ko abayobozi Sanduy Robert na Twahirwa Julius basohoye Imodoka igakora impanuka.
Urujya n’uruza rw’ibibazo byugarije ikigo cy’ishuri rya Sos Kayonza byaba biterwa n’abayobozi baho.Inkuru igera ku kinyamakuru ingenzi news paper na
Read moreRuhago nyarwanda: Ubukene n’ubukomisiyoneri buravuza ubuhuha mu makipe ifaranga rinyerezwa.
Umupira w’amaguru mu Rwanda urugarijwe,kandi wugarijwe n’ibibazo bitezwamwo n’abavugako bakunda amakipe.Uko bucya bukira ikinyoma kiragenda gisasirwa kikaryama,ariko noneho cyaryamanye ubukomisiyoneri
Read moreIgitugu cya Gitifu w’Akagali ka Kagina Gahigi Charles n’uhagarariye PSF Samvura Ananias bakomeje guhangana n’abacuruzi babarega igihombo.
Abacuruzi bacururiza muri centre ya Kagina mu kagali ka Kagina Umurenge wa Runda,Akarere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo haravugwamo ibibazo byinshi.Uko
Read more