Author: ingenzinyayo
Irushanwa rya CAF confederation CS Sfaxien yasezereye As Kigali.
Icyorezo cya Coronavirus cyazambije ubuzima bwabatuye isi,ndetse n'ibikorwa bimwe na bimwe cyane nk'umupira w'amaguru ukundwa na benshi mu isi.Icyorezo cya
Read moreMinisteri y’ubutegetsi bw’igihugu yifashishije inzego zibanze isimbura ubutabera ibigo by’inzererezi ibihindura gereza.
Akarengane gaherekejwe na munyumvishirize gakomeje guheza rubanda rwa giseseka mu bigo by'inzererezi.Prof.SHYAKA Anastase Minisitiri w'ubutegetsi bw'Igihugu na Busingye Minisitiri w'ubutabera
Read moreUbubanyi n’amahanga bw’u Rwanda n’amahanga buhagaze gute muri iki gihe?
Ibihe bitandukanye byerekana ko umubano w'ububanyi n'amahanga bw'u Rwanda n'amahanga utifashe neza, ibi bikibazwa ikibitera. Ministri w'ububanyi n'amahanga w'u Rwanda
Read moreUmujyi wa Kigali:Abawutuye baratakambira inzego zitandukanye kubera uko bapakirwa mu modoka z’imirenge.
Gukora icyaha no kugihanirwa bisa nkaho ntacyo byahungabanyagaho abatuye Umujyi wa Kigali,ariko muri ikigihe cya coronavirus barinubira uburyo bapakirwa mu
Read moreMinistri wa siporo Munyangaju yaburiye igisubizo ihurizo ryugarije umupira w’amaguru.
Umupira w'amaguru ukinirwa mu kibuga ntabwo uwuyobora,n'uwutoza cyangwa uwukina bashobora kuwutikenika nk'uko batekenika ibindi bikorwa. Turebe igiteza ihurizo rikaba ryarabereye
Read moreIbitaro byo mu karere ka Musanze ababigana barinubira zimwe muri serivise batagihabwa.
Umuntu iyo yarwaye agana kwa muganga bagasanasana iminsi ikicuma.Mu karere ka Musanze ho si ko byifashe,kuko abagana ibitaro barinubirako hari
Read moreIntara y’iburengerazuba mu karere ka Rubavu abana ba Semasaka Claude na Uwamaliya Marie Louise baratabaza.
Intabaza n'ijambo rikoreshwa n'umuntu cyangwa abantu iyo bari mu kaga gakomeye gashobora guhungabanya ubuzima bwabo. Bivugwako,bizwiko icyaha ari gatozi kuwagikoze,ariko
Read moreUmutungo wa bagirimpuhwe Vincent ukomeje kwigabizwa abanabe batagira aho bakinga umusaya.
Amakuru ava mu mujyi wa Kigali,Akarere ka Nyarugenge,Umurenge wa Nyamirambo ,Akagali ka Gasharu umudugudu wa Kagunga arashimangira ko umugabo witwa
Read moreBamwe mu bayobora inzego zibanze bati”simwe mwaduhaye”Abaturage bati”twarituziko tubakize none coronavirus irabaduteje”.
Urwikekwe hagati ya bamwe mubayobora inzego zibanze n'abaturage rwatangiye kuba rwose hifashishijwe imvugo zo guhangana. Imvugo y'uko amatora y'inzego zibanze
Read moreAs Muhanga irahumuriza abakinnyi n’abakozi bayo ko ntagusesa amasezerano.
Ibihe bibi byugarije isi byatejwe n'icyorezo cya Coronavirus byazahaje ubukungu bigeze k'umupira w'amaguru kigiza nkana. Inkuru yacu iri ku ikipe
Read more













