Author: ingenzinyayo
AIRTEL RWANDA IZANYE IKINDI GISUBIZO KU BIJYANYE NA INTERINETI-4G POCKET WIFI
Airtel Rwanda yatangije serivisi ya interineti y’udushya kurusha izindi ariyo “4G PocketWifi”. Iyi internet uyikoresha ashobora kugena ubwe imikoreshereze ya Pocket Wifi
Read moreUwagize uruhare mu makosa yakozwe mu kizamini cy’umwanya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu karere ka Ruhango azaganishwa mu nkiko.
Kurenganya rubanda witwaje umwanya watijwe ni ikosa rikomeye cyane.Ibi byakozwe mu kizamini cy'umwanya ushinzwe imibereho myiza y'abaturage mu karere ka
Read moreKamonyi: Mu mihigo bari biyemeje harimo no kubakira abatishoboye yagezweho
Akarere ka Kamonyi ni kamwe mutwageze ku mihigo kari kiyemeje kwesa, aho bari bahize kuzashakira amacumbi abatishoboye, bakaba barabashije kubatuza bose
Read moreAbamotari bibumbiye muri Koperative coctamoka baratabaza kubera igitugu cya Ndayishimiye ubayobora
Mu gihe Leta y'ubumwe bw'abanyarwanda ikomeje gukangurira abanyarwanda kubana neza ndetse bikanubahirizwa biratangaje kubona Ndayishimiye Isiraheli uyobora koperative coctamoka ikorera mu Kagari
Read moreAkarere ka Ruhango umwanya w’ushinzwe imibereho myiza y’abaturage wateje impagarara.
Urwikekwe kubakoze ikizamini k'umwanya w'ushinzwe imibereho myiza y'abaturage biravugwako ikizamini cyakoreshejwe mu bwiru. Ngendahimana Radisilas uyobora Ralga arashyirwa mu majwi
Read moreADEPR biro nyobozi yakiriye umuvugizi wungirije asohoka muri gereza.
Imana ishimwe kuba umuvugizi wungirije asubiye mu muryango we no mu mirimo ye y'ivugabutumwa. Ubwo imbaga y'abantu batandukanye bari kuri
Read moreAbanyamakuru baharanira kurengera ubuzima basuye Akarere ka Bugesera mu rwego rwo kureba uko birinda ikwirakwizwa rya Coronavirus.
Ubuzima buzira umuze nibwo shingiro rya byose.Niyo mpamvu buri wese agomba kugira ubuzima buzira umuze. Urugaga Abasirwa rw'abanyamakuru baharanira kurengera
Read more













