Author: ingenzinyayo
Murukiko Dr Ngiruwonsanga Pascal aburana ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo yagize ati”kumbaza urupfu rw’umwana nareraga nukunshuhurira”
bibazo bigwirira abagabo.Umuryango nyarwanda urimo ibice bibili.Harimo igice cyumvako Dr Ngiruwonsanga Pascal atakwica umwana amaze imyaka ine arera,amuha ubuzima bwejo
Read moreUbushinjacyaha bwasabiye Murangira Jean Bosco n’amashumi ye gufungwa imyaka 20 kuko bishe Twagirayesu Samuel.
Ndahimana Florduard arasaba ko urukiko rwamuha indishyi kuko Murangira Jean Bosco n’amashumi ye bamukubitiye umwana we Twagirayesu Samuel bakamwica.Murukiko rwisumbuye
Read moreUmujyi wa Kigali: Mu murenge wa Kigali mu kwishakamo ibisubizo abaturage bagiye kwiyubakira umuhanda kubufatanye na Kabuye Sugar works ltd hamwe na GAMICO Mining ltd.
Muri wa mujyo umwe w’Abanyarwanda mu kwicyemurira ibibazo bibugarije bishakamo ibisubizo by’umwihariko hifashishijwe ubushobozi buhari buri wese abigizemo uruhare ku
Read moreUbutabera buboneye nibwo nkingi ica akarengane.Iperereza ryimbitse niryo rihanzwe amaso k’urupfu rw’umwana wiciwe kwa Dr Ngiruwonsanga Pascal.
Umuryango wiciwe umwana turawihanganishije.Hagiye gushira iminsi igera kuri 15 humvikanye inkuru y’incamugongo ko umwana w’umuhungu w’imyaka 8 wigaga mu mwaka
Read moreUmurenge wa Kigali wo mu mujyi wa Kigali mu mudugudu w’icyikegererezo wa IDP Model Village Karma abagabo n’abagore basezeranye mu mategeko.
Ku wa gatanu tariki 30 Kanama 2024, mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Kigali ho mu mujyi wa Kigali,
Read moreU Rwanda rwakiriye Inama mpuzamahanga y’ibihugu by’Afurika yiga uko umukino wa Rugby watera imbere ugakiza abawukina.
Uko bucya bukira amafederasiyo amwe n’amwe ahora ashaka uko amakipe yayo yatera imbere, umukino ugatuna abakinnyi bakabigira umwuga.Nimuri urwo rwego
Read moreUmuturage ku isonga mu bikorwa by’iterambere niyo ntego mu murenge wa Kigali wo mu Mujyi wa Kigali.
Gukorera k’umuhigo no kuwuhigura bimaze kuzamura urwego rw’imiyoborere myiza.Abasesengura imiyoborere mu Rwanda bemezako mu nzego zibanze gukorera k’umuhigo byazamuye iterambere
Read moreIrushanwa rya CAF Champions Legue:Ikipe y’APR fc yo mu Rwanda yasezereye iy’Azam fc yo muri Tanzania.
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu isi bemezako umukino utanga intsinzi aruko ifirimbi ya nyuma ivuze.Ubwo ikipe y’APR fc yakinaga umukino ubanza
Read moreGuhagarika ibikorwa mu ishyamba rya gishwati byakuye benshi k’umugati.
Abafite ibikorwa mu ishyamba rya Gishwati ntibavuga rumwe n’icyemezo leta yafashe cyo kuryisubiza ahubwo bemeza ko bari kujya mu bihombo
Read more












