Author: ingenzinyayo
Breaking the Silence: Rwandan Teachers Lead a Revolution in Sexuality Education Through Happy Family Rwanda Organization Training.
For many years, discussing sexual and reproductive health in Rwandan schools and society has been a sensitive subject, often avoided
Read moreUmuryango w’umwana watewe inda na Mbiteziyaremye Jerome uratabaza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Intabaza n’ijambo rikoreshwa iyo abantu cyangwa umuntu bahuye n’akarengane,kandi ntakurikiranwe.Turi mu murenge wa Kigoma,mu karere ka Nyanza,Intara y’Amajyepfo.Hano mu murenge
Read moreBamwe mubafite amashuri yigenga n’abalimu bigisha mu mashuri ya Leta ishyamba si ryeru na Kayitesi Nadine Visi meya mu karere ka Nyanza.
Ihame ry’imiyoborere ihamye ishingira ku ngingo nyinshi,ariko zose zigahuriza ku ijambo ryo gukorera umuturage.Hariho bamwe mubayobozi batabikozwa ,utarebye urwego ahagarariye.Inkuru
Read moreUbuziranenge ku Isonga: Abikorera basabye ubufatanye bwimbitse n’Inzego za Leta mu guteza imbere inganda no kunoza ubuziranenge.
Ubuziranenge bw’ibicuruzwa ni urufunguzo rukomeye mu kwinjira ku masoko yagutse ndetse no kugera ku rwego mpuzamahanga, kurinda ubuzima bw’abaturage no
Read moreNdahimana Florduard arasabako iby’urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwafasheho icyemezo ku cyaha cyahamijwe Murangira Jean Bosco kitahinduka.
Ubutabera bunoneye nibwo musingi uca akarengane,bukarenganura uwarenganye.Aha niho Ndahimana Florduard se wa Nyakwigendera Twagirayesu Samuel asaba urukiko rukuru rukorera Nyanza
Read moreImvugo niyo ngiro.Umunyi wa Kigali , Umurenge wa Kigali, Akagali ka Nyabugogo , Umudugudu w’Agatare irondo ry’umwuga ryubakiye ubwiherero abaturage batishoboye Mujawayezu Claudine na Clementine Umuhoza.
Ikitegererezo cy’imiyoborere myiza kigaragazwa n’ibikorwa byiza ubuyobozi bukorera abaturage.Tariki 13 Kamena 2025 nibwo mu mudugudu w’Agatare, Akagali ka Nyabugogo, Umurenge
Read moreInzego za Leta nizitabare ikipe ya Rayon sports Muvunyi Paul n’itsinda rye batarayisenya.
Umufana w’ikipe ya Rayon sports asanga Muvunyi Paul yarabaye Ikibazo,aho kuba igisubizo nk’uko abibeshya abafana mugihe kingana n’imyaka makumyabili.Amateka ya
Read moreAbakozi bakora isuku bakorera Kampani Imena mu mirenge ya Kinyinya na Rusororo barashinja Umujyi wa Kigali kutabishyura.
Uko bucya bukira urujya n’uruza rw’ibibazo byugarije za Kampani zikorera mu Mujyi wa Kigali birarushaho kwiyongera.Uko Rwiyemezamirimo ahabwa isoko birazwi,ariko
Read moreNgororero -Kabaya: Abaturage babangamiwe n’inzoga z’inkorano zitwa ibipara n’umuhama zikomeje guteza umutekano mucye
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kabaya, Akarere ka Ngororero, bavuga ko batewe impungenge na bagenzi babo banywa n’abacuruza,
Read more