Author: ingenzinyayo
Bamwe mubiswe ibyitso by’Inkotanyi barahunze basahurwa imitungo na Nzabakirana Eduard barenganijwe n’urukiko Gacaca barasaba kurenganurwa.
Umwe k’uwundi barajwe inshinga zo kumva urubanza mu nkiko z’ubucuruzi mu Rwanda kugirengo bumve uko bamwe mubari abacuruzi bahunze bagasahurwa
Read moreUbukomisiyoneri na betting bikomeje kuvuza ubuhuha mu mupira w’amaguru Perezida wa Ferwafa akigira ntibindeba.
Abayobora amakipe babitswemwo ubwoba niyo bagiye mu nama ntawavuguruza ijambo Perezida wa Ferwafa Nizeyimana Mugabo Olivier yateguye kubageraho.Ibi rero nibyo
Read moreMukashema Christine n’umugabo we ubwimvikane buke nibwo bukomeje kubaranga mu mibanire yabo.
Muratangira mutwibwira? Nitwa Mukashema Christine nd’umuturage utuye mu karere ka Nyarugenge nkaba mfite ikibazo cy’uko ikinyamakuru cyanyu Ingenzi na ingenzinyayo
Read moreIshyamba ryongeye kuvuka mu ikipe ya Rayon sports bananiza Perezida Uwayezu Fidele bakoresheje Haringingo Francis.
Abakunzi b’ikipe ya Rayon sports bakomeje kwinubira ibiriho bikorerwa hagati mu bakinnyi bikozwe n’umutoza Haringingo Francis.Amakuru akomeje kuzungurika mu ikipe
Read moreIkipe y’As Kigali yatsinze iya Kiyovu sports abafana binubira betting ya Perezida wabo Mvukiyehe Juvenal.
Abafana b’ikipe ya Kiyovu sports bakomeje kwinubira imikorere igayitse isigaye iranga Mvukiyehe Juvenal ushaka kubasigira ibibazo.Abayovu se bazamwemerera ko abasigira
Read moreImiyoborere myiza niyo nkingi y’umutekano n’iterambere ry’umuturage mu murenge wa Gahanga.
Gukorera ku mihigo nimwe mu nkingi ihamye yo kugira umutekano urambye,nibyo biha umuturage iterambere ribyara ubukungu,bikarandura ingwingira mu bana b’u
Read moreAbahoze batuye Kangondo na Kibiraro baratabaza Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame kuko inzego z’ubuyobozi zabarenganije ku mitungo yabo.
Induru izishige ku ntabaza ikomeje kuvuza iyabahanda ngo ijwi rikomeze rirangurure akarengane k’abahoze batuye Kangondo na Kibiraro rigere k’umukuru w’igihugu
Read more









