Author: ingenzinyayo
Gakenke: AJECL irasaba urubyiruko kudashakira ubukire mu dutsiko tw’ababuza abandi amahoro
Umuryango uharanira amahoro AJECL(Association des Jeunne de Saint Charles Lwanga), mu gikorwa cyawo cyo guteza imbere urubyiruko urwigisha kwihangira
Read moreUbukungu:Uruganda rwa OVIBAR bararushenye baha icyuho inzoga z’ibikwangari none byishe abanyarwanda.
Inkuru yacu irava mu bantu b’ingeri zitandukanye twagiye tugarira bashingiye k’uruganda rwa OVIBAR.Ibihe byo hambere mu Rwanda hizwe inyigo yo
Read moreBomboli bomboli ikomeje kwibasira ibikorwa remezo Ministri Dr Nsabimana Erneste akabura igisubizo.
Ibikorwa remezo nimwe mu nzira izamura umwenegihugu mu iterambere.Mu Rwanda hagiye gushira imyaka myinshi leta ishora akayabo k’amafaranga,kandi amenshi aba
Read moreUrwikekwe rukomeje kuba rwose k’urubanza ruregwamo Kamuronsi Yves kwica Dr Twagiramungu Fabien.
Inkuru zacicikanye mu bantu batandukanye nyuma yaho murukiko rwibanze rwa Gasabo rukorera Kibagabaga haburanishirijwe urubanza ubushinjacyaha buregamo Kamuronsi Yves guhisha
Read moreIbuka iyobowe na Nkuranga Egde yatereranye impfubyi za Nyakwigendera Nzabonimpa Jean Damescene wishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi.
Amahano yagwiririye u Rwanda bamwe mu banyaraanda bata ubumuntu bakora amahano y’indengakanere.Nyuma yayo mahano yakozwe na bamwe mubanyarwanda,hari abandi bunamuye
Read moreIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru Ferwafa ishyamba si ryeru hagati y’umunyamategeko Me Uwanyirigira delphine na bamwe mubanyamuryango bamusabira kweguzwa
Abakunzi b’umupira w’amaguru bakomeje kwimwa uburenganzira bwo kugira uruhare muri Ferwafa.Aha byerekanirwa uburyo abayobora amakipe bahora ku gihunga baterwa na
Read moreNiyirora Felecien aratabaza kubera akarengane kakozwe muri cyamunara y’umutungo we itubahirije amategeko.
Kuki bamwe mubashoramari bakomeje kwinubira uko cyamunara zisigaye zikorwa?kuki umwanditsi mukuru mpamo w’ubutaka muri RDB adacana uwaka nabo agurishiriza imitungo
Read moreBamwe mu banyarwanda bakomeje kwibaza irengero ry’urubanza Gacaca rwaregwagamwo Nzabakirana Eduard ko yasahuye imitungo yabari biswe ibyitso by’Inkotanyi.
Urugamba rwo kubohora igihugu rugitangira tariki 1/ukwakira 1990 leta yari ifite ubutegetsi mu Rwanda yahise yirara muri bamwe mu banyarwanda
Read more












