Author: ingenzinyayo
Umupira w’amaguru ukomeje kugana habi Ferwafa igakingira ikibaba ikipe y’APR fc igatwara ibikombe bikemangwa.
Biravugwa bigacecekwa bikongera ,ariko noneho bigeze aho umwe k'uwundi mubo bireba bagomba gutanga ishusho y'umupira w'amaguru byabananira bakareka gushoramo amafaranga
Read moreIkipe y’APR fc igiye kongera gukina niya Rayon sports umukino ufatwa nka Final .
Imyaka irenze mirongo itandatu ikipe ya Rayon sports ivugwa mu Rwanda.Ikipe y'APR fc irengeje imyaka makumyabili n'itanu ivugwa mu Rwanda.Tariki
Read moreUbukomisiyoneri bukomeje kuvuza ubuhuha mu ikipe y’APR fc ku igura ry’umutoza n’abakinnyi bahenze.
Umupira w'amaguru mu bihugu byawuteje imbere mu igurwa ry'abatoza cyangwa abakinnyi ntakibazo bitera kuko bikorwa hagendewe k'ubushobozi inkuru yacu iri
Read moreNinde uzarenganura Hategekimana Martin Alias Majyambere urekurwa akongera agafungwa.
Bikomeje kwibazwaho na benshi hashingiwe ku bivugwa bitandukanye n'ibikorwa Inkuru yacu iribanda k'ubuzima bw'umusaza Hategekimana Martin Alias Majyambere ukomeje kwibazwaho
Read moreBamwe mubayislamu bati”Wallah Allah natabare kuko ingurube ya Issa Habyarimana ikozeho Imam wacu.
Bikomeje kudogera hagati mubayislamu bo k'umusigiti wa Cyinzovu mu murenge wa Kabarobdo,ho mu karere ka Kayonza mu ntara y'iburengerazuba. Impamvu
Read moreUwiyise Rev Pasiteri Munyanganzo Patrick afashijwe na Byukusenge Viateur bagurishije inzu imwe abantu batatu ubutabera bube hafi.
Hakomeje kumvikana inkuru zigendanye n'abantu bagenda bakora amakosa bitwaje abanyabubasha bagirana amasano,cyangwa ugasanga rimwe na rimwe bakorana,ariko har'igihe usanga abakora
Read more













