Author: ingenzinyayo
Bamwe bati”Kuki ubutabera bwafunze Karasira hagasigara Ineza Abdoul Swamad bakoranaga?
Mu Rwanda hakunze kugaragara abantu bigomeka k'ubutegetsi bitwaje ko mu itegeko nshinga rya Repebulika harimo kuvuga icyo utekereza ar'uburenganzira bwa
Read moreUmuhanzi ntapfa aratabaruka:Laguere Jean de Dieu indilimbo ze ziracyakunzwe.
Ibihangano by’umuhanzi Laguere Jean de Dieu biracyakunzwe mu ngeri zose haba mu bato n’abakuru. Amateka y’umuhhnzi Laguere Jean de Dieu
Read moreAirtel Rwanda Yabonye Umuyobozi Mukuru Mushya
Airtel Rwanda yatangaje ko Emmanuel Hamez ari we muyobozi mushya w’iki kigo. Yasimbuye Amit Chawla wayiyoboraga kuva mu 2018. Hamez
Read moreNYAKIBI NTIRARA BUSHYITSI: IBYA GITARAMA BIKOMEJE KUDOGERA MURI ADEPR
Abakiristu b’Itorero ry’ADEPR ururembo rwa Nyabisindu baratabaza umukuru w’igihugu Paul KAGAME kugirango abatabare, kubera igitugu, iterabwoba, itonesha,ikimenyane n’usambo byimitswe na
Read moreUburenganzira bw’umwana bukwiye kwitabwaho n’ababyeyi n’ubwo baba batarashakanye byemewe n’amategeko
Bamwe mu bayobozi mu nzego z’ibanze baravuga ko uburenganzira bw’umwana bukwiye kwitabwaho n’abamubyaye n’ubwo baba batarashakanye byemewe n’amategeko bityo bakitwararika
Read moreUmujyi wa Kigali ishyamba si ryeru:Ibikorwa remezo bikomeje gukemangwa.
Gukorera k'umuhigo byatumye har'ibikorwa bizamuka cyane kuberako abayobozi baba bashaka kuguma ku ntebe bafite kashe baba baragabiwe. Inkuru yacu iri
Read moreAbacuruzi b’utubali barasaba Ministri w’ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney kubafungurira
Icyorezo cya Cornavirus cyayogoje isi.Aha niho hagiye hafatwa ingamba zo kwirinda icyorezo cya Cornavirus kugirengo abantu baticwa nacyo. U Rwanda
Read moreUmutegetsi utinya Demokarasi aniga itangazamakuru:Umujyi wa Kigali ntutanga amakuru.
Gutanga amakuru biri mu nshingano za buri wese,kuko kudatanga amakuru biba bihishe byinshi cyane abayobozi baba babazwa amwe mu makuru
Read moreMiliyoni 800 zanyerejwe muri Koperative Coopcom zikomeje gutezamo ikibazo RCA nitabare.
Kugaruza umutungo wa Koperative Coopcom wanyerejwe na Komite nyobozi ya Ndahumba Emille yakuweho,ariko ikaba ikibibamo ibibazo kugirengo urubanza ruzaba mu
Read moreitangazo rya cyamunara
KANDA HASI UREBE ITANGAZO RYOSE itangazo rya cyamunara
Read more













