Amakuru
Ikimenyetso cy’uko Uwayezu Fidel yatatiye igihango yanzeko Rayon sports ikina umukino wo gutaha stade Amahoro.
Urugiye kera ruhinyuza intwali, birashyize biragaragaye ko Uwayezu Fidel agirwa inama na Furaha Jean Marie Vianny kuko niwe agiye kugira
Read moreIshyamba si ryeru mu ikipe ya Rayon sports ubukomisiyoneri buravuza ubuhuha.
Utagera aragereranya,utakunda Rayon sports yakanatekereza uwamuhaye inshingano zo kuyiyobora.Uko bucya bukira birarushaho kuzamba no kuganisha habi ikipe ya Rayon sports.Uwayezu
Read moreDr Frank Habineza yasezeranyije abaturage b’Akarere ka Burere na Musanze buri rugo kuzagira itungo ryinjiza amafaranga rikarwanya n’imirire mibi.
Umukandida w’ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibiducyikije Dr Frank Habineza kuwa gatanu tariki 12 Nyakanga 2024 yakomereje ibikorwa bye byo
Read moreKandida Perezida Dr. Frank Habineza yavuze ko afite icyizere cyo kujya mu Rugwiro n’abadepite be 20 bakajya mu inteko.
Mu gihe habura iminsi micye ngo amatora y’Umukuru w’Igihugu abe hamenyekane uzagira amajwi azamwinjiza mu Rugwiro,Dr Frank Habineza yavuze ko
Read moreGicumbi: Dr Frank Habineza yavuze ko naba Umukuru w’Igihugu umurwayi azajya agura imiti muri Farumasi zigenga akoresheje mituweli.
Ishyaka Green Party rivuga ko ubuvuzi bugezweho bugera kuri bose ari inkingi nkuru mu iterambere ry’ u Rwanda,ariko bukaba bucyibangamirwa
Read moreIntara y’Amajyepfo: Dr Frank Habineza yijeje abatuye mu akarere ka Muhanga kuzaca burundu akajagari mu ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Dr Frank Habineza,Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu w’ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Green Party,kuri uyu wakabiri tariki 9 Nyakanga
Read moreUturere Kicukiro na Bugesera bishimiye ishyaka Green Party bizeza Dr Frank Habineza kumutora n’Abadepite be.
Ishyaka Green Party n’umukandida waryo kumwanya w’Umukuru w’igihugu rivuga ko hacyiri ikibazo cy’ibikorwaremezo bidahagije cyane cyane mu mazi, amashanyarazi no
Read moreIntara y’Amajyepfo Dr Frank Habineza yabwiye abo mu karere ka Nyaruguru nibamutora abafungwa barengana bazajya bahabwa indishyi.
Mu butabera n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu hari byinshi bikenerwa gukorwa kugira igihugu gikomeza kugendera ku mategeko kandi cyubahiriza amasezerano mpuzamahanga
Read moreUrukiko rw’ikirenga nirwo ruhanzwe amaso kukarengane Koperative Indatwa yakoreye Kayiranga David.
Ibihe biha ibindi nk’uko abanyamadini bajya babibwira abakiristu babo.Ubu rero inkuru yacu iri murukiko rw’ikirenga kuko ariho urubanza Kayiranga David
Read moreIntara y’Amajyaruguru:Dr Frank Habineza yibukije abaturage b’uturere twa Rulindo na Gakenke ibyo Ishyaka Green Party ryabagejejeho abasaba kongera kubagirira icyizere.
Hon. Dr. Frank Habineza akaba umukandida Perezida uhagarariye ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party, yibukije abaturage bo mu
Read moreIntara y’Iburengerazuba:Dr Frank Habineza yasezeranyije abaturage bazamutora b’Akarere ka Karongi ibitaro bigezweho byo kubyariramo.
Kuri uyu wa gatatu 3 Nyakanga 2024 k’umunsi wo kwiyamamaza,Umukandida k’umwanya w’Umukuru w’igihugu w’ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr
Read moreIntara y’Iburengerazuba mu turere twa Rubavu na Nyabihu: Dr Frank Habineza yavuze ko naramuka abaye Umukuru w’Igihugu azahita azamura umushahara w’Abagaga.
Abaganga ni bamwe mu basabye igihe kinini ko umushahara wabo ko wakongezwa nyuma y’aho uwa barimu bawuzamuye cyane kuko nabo
Read moreMu Kinyaga niho ishyaka Green Party ryasesekaye ryakiranwa amashyi n’impundu Dr Frank Habineza nawe abagezaho imigabo n’imiganbi.
Ishyaka Green Party ryitegereje uko ikiyaga cya Kivu kitabyazwa umusaruro ryizeza abagituriye ko nibaritora bazahita babonamo inyungu. Iyo utembereye mu
Read more