Rayon sport mu nzira zo kwiyubaka
Ikigaragara shampiyona y’umwaka utaha De Gaule natabivangavanga ikipe ya Rayon sport ishobora kuzatwara ibikombe byose bikinirwa mu Rwanda. Ubu bivugwa
Read moreIkigaragara shampiyona y’umwaka utaha De Gaule natabivangavanga ikipe ya Rayon sport ishobora kuzatwara ibikombe byose bikinirwa mu Rwanda. Ubu bivugwa
Read moreKurega APR FC muri Ferwafa iyobowe na De Gaule ntacyo yakumarira. Ohh !!! Rayon bakuziza iki ? Impamvu inga ururo.
Read moreAmatiku mu mupira w'amaguru yica amahoro,aho kuba umusingi w'ubumwe bw'abanyarwanda. Igitugu n'iterabwoba byo muri Ferwafa bizacika ryari?
Read moreUmupira w’amaguru ubamo byinshi kugirango hagerweho intsinzi.Ubu rero biravugwa ko mu ikipe ya APR FC harimo ikinyoma gikabije cy’umunyamabanga wayo
Read moreUmupira w’amaguru ntabwo ar’intambara. Umupira w’amaguru kimwe n’indi mikino yose nihuriro ryerekana urushundi ubuhanga bwo mu kibuga.Ntarinjira mu bigwi byabur’ikipe
Read moreAPR FC ishobora gukomeza izina rya binezero cyangwa iraryiyambura?Rayon sport ishobora kongera gushimisha abafana?Rayon sport igomba kwibikaho iki gikombe kugirango
Read moreUmwaka w’imikino 2015 na 2016 werekanye ko Kassa atari murwego rwo gutoza ikipe ya Police fc. Kassa yatoje AS Kigali
Read moreDe Gaule reka gushakira ikibazo aho kitari,wegure kuko urarambiranye muri Ferwafa. Munyandamutsa Augustin ukoze ibyananiye abandi. Ubu ufunguye urugamba rukaze
Read moreDe Gaule ashenye umupira w’amaguru Leta irebera. Minaloc yategetse ba Meya gushinga amakipe none abuze epfo na ruguru. Ikinyoma
Read moreOHHH Rayon bakuziza iki Rayon!!!! Gacinya Denis abujije Rayon sport igikombe cya shampiyona.Gacinya kwegura no kweguzwa ahitemo igikwiye. Ikinyamakuru ingenzi
Read moreByatangiye ari inzira enye aranga none hasigaye imwe rukumbi.Akavuyo no kutagirwa inama nibyo byakuruye igihombo gikabije.Icyenewabo no gutonesha biganishije Ferwafa
Read moreUmukino uwo ari wo wose uhuza abantu batandukanye hatarebwe ubwoko,idini ,igitsina,igihugu n'ibindi bitandukanye. Aha rero niho hava kwibuka abakinnyi bishwe
Read moreInkuru zikomeje gucicikana mu ikipe ya APR FC ziravuga ko umunyamabanga wayo ariwe Kalisa Adolphe Alias Camarade ashobora gusezererwa k’ubunyamabanga.
Read moreAbatoza n’abakinnyi batagize umusaruro barabunza imitima bibaza aho bazerekeza umwaka utaha. Abatoza bashyirwa mu majwi harimo abatoza amakipe azamanuka mu
Read more