Ruswa yÔÇÖigitsina igisasu muri As Kigali yÔÇÖabagore. Ikipe ya As Kigali yÔÇÖabagore ishobora kwamburwa ibikombe yatwaye itozwa na Grace.

Intandaro yiri shwana hagati ya Nyinawumuntu na Mahirwe bapfuye ko bari kuzabana nk’umugore n’umugabo nyuma ntibyaba. Nyinawumuntu yariye ifaranga Mahirwe bituma mabanga ajya ahagaragara. Amakuru azunguruka ava mu nshui za Mahirwe yemeza ko batinganye kuva bamenyana nyuma Nyinawumuntu akamubwira ko azibyarira umwana hanze bagakomezanya nk’umugabo n’umugore babatinganyi.Nyinawumuntu1

                                                    Nyinawumuntu Grace agitoza AS Kigali

 Inkuru yasakaye ko umutoza w’ikipe ya As Kigali y’abagore hamwe n’ikipe y’igihugu y’abagore utamuhaye ruswa y’igitsina yirukanwa amaguru adakora hasi. Ibitangazamakuru byigeze gukomozaho maze uy’umutoza arasizora ngo bamwandagaje kandi ari inyangamugayo. Itangazamakuru n’ubwo inzego zimwe harimo na RMC bijya birenga ku nyungu zo kurirengera  bajye bamenyako ntawuhisha inzu ngo ahishe umwotsi.

Umwe mu bagize komite y’ikipe ya As Kigali y’abagore ariwe madamu Gacinya yatangarije itangazamakuru ko umutoza Nyinawumuntu Grace yahagaritswe kubera ikibazo cy’ubutinganyi kongera ko yanakoze amakosa yo kubwiriza abakinnyi kwigaragambya mu buryo bunyuranije n’itegeko. amahir                           Uyu niwe Shadia wamennye ibanga ry'uyu Grace wambaye umupira wicyatsi

Igihe ikipe y’igihugu y’abagore ijya mu marushanwa mu gihugu cya Tanzaniya nabwo Grace yavuzweho kujonjora mu kimenyane cyica umupira nyarwanda.  Umwe mubayobozi b’umujyi wa Kigali aganira n’ikinyamakuru ingenzinyayo .com akanga ko amazina ye yatangawa kubera iperereza rigikomeza yagize ati”Ikipe ya As Kigali y’abagore ihangayikishijwe n’ibibazo by’itonesha n’ikandamiza ku bakinnyi bamwe byiyongeraho n’ibiyivugwamo ko yaba ikorerwamo ubutinganyi hagati y’abakinnyi n’umutoza wabo, Nyinawumuntu Grace ,ukomeje no kuremamo  ibibazo byihishemo ibindi byo kugumura bamwe mu bakinnyi.

Itonesha rikurura amakimbirane bikaba byava muri siporo bikagana muri politiki. Aha rero niho hatumye ahafatwa ingamba zo kwirukana Nyinawumuntu Grace nk’uwari umutoza mukuru mu ikipe y’abagore y’umujyi wa Kigali.  Ubu rero abakinnyi bagarutse mu myitozo ,gusa hari amakuru amwe yazungurukaga  mu nzego zizewe  ahamyako biriya byaha byo gutingana no kuremamo ikipe mo ibice bibili nibihama uwari umutoza wa As Kigali y’abagore yashyikirizwa inkiko akaburana ibyo akekwaho. Imyaka igera 9 Nyinawumuntu atoza ikipe y’abagore b’umujyi wa Kigali.Ikipe-y_u-Rwanda-y_abagore-iratangira-kwitegura-Nigeria-kuri-uyu-wa-gatandatu                                                                AS Kigali y'abagore

Ikindi kivugwa ni uko yatwaye ibikombe umunani byose bivugwa ko nabyo yatangaga ngo ruswa mu basifuzi . Amakuru ava ahizewe ni uko nibasanga ibikombe bya shampiyona yagiye atwara byose aharagaragayemo ruswa ikipe ya As Kigali ishobora  kwamburwa ibikombe byose yatwaye itozwa nawe.

Kimenyi Claude

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *