Ruhago nyarwanda: Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ihagaze mu ikipe ya Rayon sports bidahagaze neza.

Umukino wa gatatu wa shampiyona y’u Rwanda wasize ikipe ya Gasogi United iteje ikibazo hagati ya Rayon sports n’umutoza.Ubuyobozi bwa Rayon sports burakora iki? umutoza we arakora iki?ninde wakunguka batandukanye?
Umwaka w’imikino 2025/2026 ushobora kutazorohera umutoza w’ikipe ya Rayon sports.Uyu musaza akinnye imikino ibiri mu irushanwa mouzamahanga yombi yaratsinzwe.Muri shampiyona y’u Rwanda imikino itatu yatsinze umwe,anganya undi atsindwa uwundi.Ikipe ya Rayon sports niyo hagati habamo ibibazo bikomeye,ariko iyo yatsinze bakabyina murera bya bibazo byose birayoyoka.Umukino wahuje Rayon sports na Police fc n’ubwo yawutsinzwe nta byinshi byawuvuzweho.

Umukino wahuje Rayon sports na Gasogi United werekanye ko abakunzi bayo batagishaka kureba uwo bakiriwemwo n’indi.Abakurikiranye umukino wahuje ikipe ya Rayon sports yanganyijemo niya Gasogi United ibitego bibili kuuri bibili bemejeko umutoza yabigizemo uruhare.Inkubili y’amagambo yo kwirukana umutoza w’ikipe ya Rayon sports yabaye nyinshi,kandi munzira zitandukanye.Ikibazo cyaba icy’umutoza?ikibazo cyaba icy’uko abakinnyi baguzwe badashoboye?iki kibazo cyo mu ikipe ya Rayon sports kirakemuka gute?Ikipe ya Rayon sports ifite ikibazo mu busatirizi butsinda ibitego,ariko umukinnyi umwe yaramaze igihe mumvune,Ndikumana waguzwe iyi shampiyona ijya gutangira warufashwe nk’umucunguzi nawe yaravunitse akaboko.Kugira umukinnyi umwe nabyo byatanze icyuho mubusatirizi mu ikipe ya Rayon sports.Ikindi kibazo gikomeje kubudika mu ikipe ya Rayon sports n’umukongomani w’umunyezamu utsindwa ibitego muburyo bwo guhagarara nabi mu izamu.Ikindi kivugwa n’icy’uko hariho abakinnyi baguzwe badakenewe bafite urwego ruciriritse.Imikino y’ikipe y’igihugu Amavubi akwiye guha Rayon sports umwanya wo gukosora amakosa yose bityo isubukurwa rya shampiyona rigasanga haricyakozwe.
Murenzi Louis

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *