Akarere ka Ruhango.Umusaza Niyonsaba Japhet n’uwigeze kuba umukazana we ruraba rwambikanye murukiko rw’ibanze rwa Ruhango baburana inzu.
Uko bucya bukira mu Rwanda hamwe na hamwe muturere urukundo rukomeje gukonja nk’imbeho ya Gahinga na Muhabura .Ubu mu Kabagali mu nyito y’u Rwanda rwo hambere,muy’ubu ni mu murenge wa Kinihira,Akarere ka Ruhango,Intara y’Amajyepfo.Ubu haravugwa umusaza Niyonsaba Japhet uza kuzindukira murukiko rw’ibanze rwa Ruhango aburana n’uwigeze kuba umukazana we Iturushimbabazi Yvonne.Ikiburanwa n’inzu yubatswe na Yvone Iturushimbabazi n’uwo bayubakanye nk’umugabo we Sindayigaya Fulgence.N’iki cyateye ibibazo urugo rwa Iturushimbabazi Yvonne n’uwari umugabo we Sindayigaya Fulgence?ese uru rugo isenyuka ryarwo ryabazwa nde?
Ubuhamya bwabazi umubano wa Sindayigaya Fulgence na Yvone Iturushimbabazi.Yagize ati”Twababajwe no kubona Iturushimbabazi Yvonne atandukana na Sindayigaya Fulgence.Aha n’iho Iturushimbabazi Yvonne agira ati”Umugabo wanjye yitwa Sindayigaya Fulgence mwene Niyonsaba Japhet twarakundanye dukundana ndangije kwiga Secondaire 2012 nta kazi yagiraga ariko yarimo yiga amategeko y’umuhanda ashaka Premis tugeraho dutegura kuzabana yarankundaga nanjye mukunda nzakumubaza ntise iyo umusore yenda gushinga urugo kwaba afite bimwe mu byingenzi wabufite iki twaheraho ? Sindayigaya Fulgence ati mfite ikibanza ntarabonera ubushobozi bwo kubaka arko ndabitekereza nkanagira umurima w’inkurarwobo nahawe nashyinguye Sogokura n’ibyo mfite ibindi bizagenda biza cyaneko abashyizehamwe Imana ibaha umugisha nanjye nti cyane Iturushimbabazi Yvonne yokomeje agira ati”Premis azakuyibona turapfundikanya tugura moto ajya mu kazi nanjye narimfite akazi. Ubwo ni 2014 akazi kabonetse twahise dutangira kubaka cya kibanza cyacu ubwo yahise ajya kumotarira Kigali cyane ko twari dukeneye amafaranga menshi tukubaka mucyaro tubona bitavamo aragenda yagura sima nanjye nkamenesha amabuye dukomeza gufatanya yajyaga aza no kumfata kuri boutique tukajya kureba aho ibikorwa bigeze agirati utazagirango amafaranga umpa harahandi nyajyana nkajya kurimoto tukagenda cyane ko abafundi babizi bajyaga batubona tugasanga harabakeneye amafaranga tukayabaha bakanatubwira ibikoresho bakeneye tukabishaka kugirango igikorwa kihute cyane ko twapangaga kubana 2017 imbaraga zose niho twazerekejeje cyane ko twifuzaga gutaha mu nzu zacu zuzuye . Iturushimbabazi Yvonne ati “inzu turayihagarika 2017 azagukora impanuka dutangiye kubaka ibipangu biza no kugwa aryame mubitaro CHUK byose ninjye byarebaga cyane ko twari twarasezeranye gufatanya nkomeza kugerageza 2018 atangiye kugenda agenda yorohewe n’ibwo twagiye gusezerana murukiko dukomeza gufatikanya . Iturushimbabazi Yvonne ati”gusezerera dukora ubukwe byabaye 2019 dutaha munzu yacu turabageni
Habinshuti Piyeri
Ruhango
Buhanda
Gakongoro
Tel 0783769630
Id 1196480011231088 uwo niwe wakoze inzugi namadirishya bya metarike byakinze inzu yacu bose bari teguye bibaye ngobwako bakenerwa baboneka
Marie Claire Uwimana
Ruhango
Kinihira
Nyakogo
Rusizi
Tel 0798616070
Id 1198570036802070
Namahoro Micheli
Ruhango
Kinihira
Nyakogo
Bweramana
Tel 0786945411
Id 1196780066805096
Nsengimana Dismas
Ruhango
Kinihira
Nyakogo
Kibirizi
Tel 0785801707
Id 1197280018597127
Nyirimanzi Jerome
Ruhango
Kabagali
Gakongoro
Amajyepfo
Tel 0788280831
Id 1197780022608051
Nsabimana Viateur
Ruhango
Kinihira
Nyakogo
Rusizi
Tel 0787326548
Id 1198580036803051
Sindayigaya Damaseni
Ruhango
Bweramana
Mpunu
Tel 0783185892
Id 1198180032668096

Uru rutonde ruriho hano mu nkuru n’urutanga ubuhamya uko Iturushimbabazi Yvonne na Sindayigaya Fulgence bubakanye inzu.Aba batangabuhamya nibahabwa Ijambo murukiko benshi bazumva ukuri.Twagerageje gushaka kuvugisha Niyonsaba Japhet ku byo avugwaho byo guhuguza Iturushimbabazi Yvonne inzu yubakanye n’umuhungu we yanga kugira icyo atangaza.
Kurwubaka n’ubwo bigora ,ariko abarusenya ntibabura.Urugo rwa Iturushimbabazi na Sindayigaya rwaje kuzamo kidobya kugeza biyambaje inkiko.Yvone yakomereje abwira itangazamakuru ko urugo rwabo rujya gutangiramo ibibazo umugabo we Sindayigaya Fulgence atagitaha.Yvone ati yari yarantaye mu nzu yanjye n’umwana wanjye birangira yishakiye undi mugore 3 Kigali aribyo yahise anshora mu manza cyane ko aribwo batangiye ayo manyanga we na se ko ngo inzu ngomba kuyivamo ngwari ya se ntabyo nigeze mbwirwa nyitahamo nd’umugeni. Umugabo wanjye ntabyo yabwiye kandi na se twarasezeranye abireba tukayitahamo ahari ibyo nabivuge akibuka kubivuga kuko abonye umuhungu we anjyanye mu manza kandi baziranyeho.
Murenzi Louis

