Hegitari ebyiri na metero kare 3000 z’ubutaka bugurishwa i Gashora mu Bugesera hafi na Buffet.

Ubu butaka bufite ubuso bwa Hegitari ebyiri na metero kare ibihumbi bitatu bisaga (23,700), buri ku mazi i Gashora mu karere ka Bugesera hafi n’aho umushoramari Buffet wo muri RICA ari kubaka Ibitaro.

 

Bimwe mu byahakorerwa “Ubuhinzi, Ubworozi, Amashuli, ivuriro, Hotel n’ibindi bikorwaremezo bitandukanye mbese icyo ubikoraho wifuza cyose cyemewe wakihakorera”

 

Ikiguzi ni Amafaranga milliyoni mirongo inani n’eshanu y’u Rwanda (85,000,000frs)

 

Contact: +250787089254/781186343

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *