Author: ingenzinyayo
Rulindo – Tumba : Gufata amazi ava mu nganda za kawa hakoreshejwe icyatsi cya vetiveri birinda ingaruka zo kwangiza ibidukikije
Iterambere ry 'inganda rikwiye kujyana no kubungabunga ibidukikije mu rwego rwo kugirango harengerwe ibimera ndetse n'ibinyabuzima. Niyo mpamvu umuntu ku
Read moreGakenke: Abahinzi ba kawa barakangurirwa guhinga Kawa y’umwimerere kuko ariyo ikunzwe ku isiko
Abahinzi ba kawa ngo basanga kurubu uburyo bwo kweza umusaruro mwinshi kandi mwiza biterwa n'uko bayihinga mu buryo bw 'umwimerere
Read moreRwanda:Abanyarwanda gukina umupira w’amaguru birabananiye bongeye kwisunga abanyamahanga.
Ikinyoma kiratinda ariko ntigihera.Umupira w'amaguru ugamburuje abawigimbye bemeza ko bazakinisha abanyarwanda gusa none bongeye kwisunga abanyamahanga. Abazi iby'umupira w'amaguru bigizwayo
Read moreGufata imyanda iva mu nganda bimwe mu buryo buhamye mu kurengera ibidukikije
Ibidukikije ni urwego rwambukiranya inzego nyinshi, kandi rugomba kwitabwaho mu iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza, ibibazo byibasiye ibidukikije si ibya none
Read moreIntangazo rigenewe abanyamakuru
Itangazo rigenewe Abanyamakuru(1)
Read moreGakenke / Coko : Abahinzi ba kawa barataka igihombo gikabije batewe no kubura ifumbire
Abahinzi ba kawa bo mu Akarere ka Gakenke, Umurenge wa Coko, Akagali ka Nyanza barataka igihombo gikabije batewe no kudahabwa ifumbire
Read moreKampani Dukorerehamwe Ltd yaheze mu abakayirenganuye nibo bayirenganije ikaba itabaza Perezida Kagame.
Imikorere yo kwishyirahamwe ,no gukorera hamwe igiye kumara imyaka isaga 70 iri mu Rwanda.Aha niho havuye ibitekerezo byo gushinga Kampani
Read moreAbahesha b’inkiko b’umwuga bakomeje kwinubira akato bashyizwemwo na Ministri w’ubutabera Busingye.
Amakuru azunguruka mu butabera cyane mu bahesha b'inkiko b'umwuga bamaze igihe mugihirahiro cyabahagarikiye akazi mu buryo bwabatunguye kandi ntihageho n'igihe
Read moreGakenke : Abaturage bishimira ko babonye aho bagemura umusaruro wabo wa kawa mu buryo buboroheye
Abaturage bahinga kawa bo mu Karere ka Gakenke Umurenge wa Ruli Akagali ka Ruli, bishimira ko begerejwe uruganda rubagurira umusaruro
Read moreAkarere ka Nyarugenge gashobora gufunga isoko Malato rya Hakizimana Deogratias kubera umwanda uvuza ubuhuha.
Iminsi ihishira igihe,ariko umunsi ukagihishura. Aha niho hava ikibazo cyo mu isoko Malato rya Hakizimana Deogratias ribarizwa mu mudugudu w'Intiganda,Akagali
Read moreGakenke : Ababyeyi barishimira Aheza Fortified food Ltd kuko yahinduye ubuzima mu mikurire y’abana babo
Abaturage bo mu karere ka Gakenke mu murenjye wa Ruli barishimira uruganda rwitwa Aheza Fortified food Ltd rukora ifu y'igikoma
Read moreUrugiye kera ruhinyuza intwali:Mvukiyehe Juvenal ashobora kwegura mu ikipe ya Kiyovu sports.
Uruhururikane rwuzuyemo amagambo hagati mu ikipe ya Kiyovu sports rukomeje kuba rwose.Mvukiyehe Juvenal yahawe ikipe ya Kiyovu sports mu mpaka
Read more












