Author: ingenzinyayo
Umuhanda Giti kinyoni Nzove ubangamiye ibikorwa by’ubucuruzi udakozwe uruganda rwa Skol rushobora guhura n’ibibazo.
Abaturage bo mu mujyi wa Kigali nabandi bawugana bavuye muduce dutandunye tw'igihugu, kongeraho isoko rya kijya mbere riri mu Nzove,
Read moreNyiragifuka Rachelle aratabaza kubera akarengane yakorewe n’umuhesha w’inkiko Niwemugeni Francine.
Bamwe mubanyamategeko hari igihe bayahonyora bigamije inyungu zabo. Tariki 16 kamena 2020 hakozwe cyamunara mu murenge wa Gikondo mu buryo
Read moreMuvunyi Paul akomeje kuba nyirabayazana w’ibibazo byugarije ikipe ya Rayon sports aremamo amatsinda .
Abashakaga gukuraho ubuyobozi bwa Rayon sports bakamye ikimasa,kuko bamaganiwe kure n’abafana kongeraho inzego za Leta.Umutungo wagatunze ikipe urakoreshwa bayisenya. Abakunzi
Read moreMenya ibyo utari uzi muri sacco icyerekezo Kinyinya:ishobora gufunga imiryango kubera amakosa ahanitse yakozwe na Mutsindashyaka Andre n’itsinda rye.
Koperative ikora nk’ikigo cy’imari mu murenge wa Kinyinya yitwa sacco icyerekezo kinyinya yatangiye kuganishwa mu nkiko. Ku itariki 05/06/2020 mu
Read moreBimwe mu bikorwa remezo bikomeje gukorwa nabi abanyabubasha bikuriramo ayabo.
Hashize igihe havugwa ko uzagaragaraho kunyereza umutungo wa Leta, ko azabiryozwa maze abanyabubasha bahindura ingamba zo kwigwizaho umutungo. Ibi biravugwa
Read moreBugesera: Inzego z’ibanze zirakangurira abaturage kugira isuku birinda Coronavirus
Akarere ka Bugesera ni kamwe mu turere dukunze kurangwamo n'ibura ry'amazi, aho usanga bigoye abaturage kubona amazi meza ya robine
Read moreBugesera: Ubuyobozi bwabaye hafi abafite ubumuga mu kwirinda Coronavirus
Bamwe mu bafite ubumuga bw’ingingo bo mu karere ka Bugesera mu mu murenge wa Mayange bemeza ko icyorezo cya Coronavirusi
Read more













