Author: ingenzinyayo
Inzego za Leta nizitabare ikipe ya Rayon sports Muvunyi Paul n’itsinda rye batarayisenya.
Umufana w’ikipe ya Rayon sports asanga Muvunyi Paul yarabaye Ikibazo,aho kuba igisubizo nk’uko abibeshya abafana mugihe kingana n’imyaka makumyabili.Amateka ya
Read moreAbakozi bakora isuku bakorera Kampani Imena mu mirenge ya Kinyinya na Rusororo barashinja Umujyi wa Kigali kutabishyura.
Uko bucya bukira urujya n’uruza rw’ibibazo byugarije za Kampani zikorera mu Mujyi wa Kigali birarushaho kwiyongera.Uko Rwiyemezamirimo ahabwa isoko birazwi,ariko
Read moreNgororero -Kabaya: Abaturage babangamiwe n’inzoga z’inkorano zitwa ibipara n’umuhama zikomeje guteza umutekano mucye
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kabaya, Akarere ka Ngororero, bavuga ko batewe impungenge na bagenzi babo banywa n’abacuruza,
Read more.Mugihe isenywa ry’amazu yubatswe adafite ibyangombwa rikomeje gukekwamo Ruswa abatuye Umurenge wa Kigali wo mu Mujyi wa Kigali batabaje Ministeri w’Ubutegetsi bw’igihugu.
Urujya n’uruza rw’iterambere rya rubanda rishingira ku miturire,ibindi bikaza ar’inyongera.Iyo wumvise isenywa ry’amazu yubatswe adafite ibyangombwa mu mujyi wa Kigali
Read moreTwibuke Twiyubaka Gs de Cyahafi bibutse jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro 31
Kubaka u Rwanda ruzira ingengabitekerezo ya jenoside nirwo rukenewe.Uwarokotse bamuha ihumure bagira bati”mpore”Ijambo ry’ikaze ryahawe umuyobozi w’ishuri. Umuyobozi w’ishuri rya
Read more













