Author: ingenzinyayo
Akarengane karavuza ubuhuha:Dusabeyezu Jean de Dieu ufungiwe i Mushubati aratabarizwa kuko ubuzima bwe buri mukaga.
Mugihe hagenda hakorwa icyegeranyo cy’uko mu Rwanda hagomba kugabanywa ubucucike muri za Gereza kubera ubwinshi bw’imfungwa n’abagororwa.Ubu hari ubundi buryo
Read moreAkarengane: Mukakamanzi Therese Uwamariya arasaba urwego rw’Umuvunyi ko rwamurenganura ku mutungo we wagendeye ku nyandiko mpimbano
Uwo mutungo uri mu karere ka Nyarugenge umurenge wa Kanyinya akagari ka Taba umudugudu wa Nyarusange. umuryango wa Nsengimana Prosper
Read moreIkipe ya Kiyovu sports byongeye kudogera Mvukiyehe Juvenal agiye kurega Ndolimana Regis ukomeje kumwibasira muruhame.
Ibijya gucika bica amarenga ,umuryango wa Kiyovu sports wibasiwe na bomboli bomboli itejwemwo na Komite ya Ndolimana Regis Alias General
Read moreIbiribwa n’ibinyobwa biteguranywe isuku nkeya bikomeje guteza indwara zitandukanye
Kurya ibiryo byanduye bitera indwara.Abagera kuri miliyoni 600 ku isi barwara indwara zo kurya ibiryo byanduye.Abana 30% bari munsi y’imyaka
Read moreIminsi mibi ntawuyicuraho undi:CG Ltd Gasana Emmanuel arakekwaho ibyaha bitandukanye.
Inzira ntibwira umugenzi iherezo ryayo kuko Rurema niwe ubigena.Abakera bati”iminsi mibi ntawuyicuraho undi kuko uwayigaburiyeho mugenzi we nawe ayigaburirwaho n’abandi”Gasana
Read moreItorero ry’ADEPR bikomeje kudogera :Umukirisitu yahanuriye Pasteri Ndayizeye Isaie ko ar’igicibwa muri Pentekote.
Ubuhanuzi kuri Ndayizeye Isaie buramwerekako Imana igiye kumwambura itorero ry’ADEPR nk’iry’isezerano kuko nta muhamagaro wa Gishumba afite.Abenshi bemezako kuva ADEPR
Read moreAkarere ka Nyamagabe:Nteziryayo Andre Gitifu w’Umurenge wa Kitabi yahohoteye umuturage nawe yitabaza urukiko.
Ibibazo bitandukanye byugarije abanyarwanda biba mungeri zitandukanye,hariho ibiva hagati mubantu k’uburyo butandukanye,ariko ntihamenyerewe ko umuyobozi ahohorera umuturage.Perezida wa Repubulika y’u
Read moreAkarere ka Rulindo k’ubufatanye n’umuryango ARCOS Network batangije igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba kuri hegitari 2560.
Mu Akarere ka Rulindo hatangijwe igihembwe cyo gutera ibiti n’amashyamba kuri hegitari zirenga ibihumbi bibiri aho hakozwe umuganda usoza ukwezi
Read moreUmujyi wa Kigali urasenya amanegeka ukubaka abarakare b’ubutegetsi bwa FPR imbere mugihugu.
Ubutegetsi bushingiye kuri Repubulika nibwo jisho ry’umuturage.Ubutegetsi bukorera umuturage igenamiganbi kuva avutse kugeza apfuye.Iyo igenzura ry’ibikorwa rusange bikozwe hakemezwa ko
Read more