Author: ingenzinyayo
Umurenge wa Gahanga hataramiwe igitarano Noheli iwacu Umwezi w’ishusho y’ubuyobozi bwiza.
Amateka yejo hazaza abamo ibice byinshi kandi bitandukanye.Uwakoze neza yaba atakiyobora aho yakoreye byabikorwa,ariko ahora yibukwa.Niho hava kumukumbura.Uwakoze nabi iyo
Read moreMukamana Jeanette arasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi kumushakira umwana we waburiye kwa Nyiransengimana Emelienne.
Ubuyobozi bw’u Rwanda buyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame batanga inama zo kudahutaza umwana.Inzego z’ubuyobozi kuva k’urwego rw’Isibo bavugira
Read moreIkipe ya Kiyovu sports zabyaye amahari bakumbuye Mvukiyehe Juvenal benshi bamagana Ndolimana Regis Alias General.
Umupira w’amaguru mu Rwanda wagiye ukinwa muburyo busanzwe,ikipe zikabaho hakurikijwe amategeko azigenga.Hariho ikipe zifashwa na Leta,hakabaho izifashwa na Leta n’abafana
Read moreUmupira w’amaguru: Umurenge wa Kigali utsinze uwa Mageragere ukomeza kwesa umuhigo uhatanira irushanwa Kagame cup.
Imiyoborere myiza ikomeje kuba ingiro mu murenge wa Kigali no mu mupira w’amaguru intsinzi iravuza ubuhuha.Kuva ubwo Leta yashyiragaho irushanwa
Read moreRwamagana: Intore zasoje urugerero zasabwe kuba icyitegererezo muri sosiyete nya Rwanda.
Mu Karere ka Rwamagana hasojwe Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 11 aho basabwe kuba intanga rugero ku rubyiruko ndetse no muri
Read moreUmudage Roland Kastlest nyiri GERMAN BUTCHERY yatsinzwe urubanza rw’ubuhemu yakoreye abanyarwanda yanga kubishyura.
Uwo waba uri we wese ntawuba hejuru y’amategeko.Aha niho hashingirwa hasabwa ko Umudage Roland Kastlest nyiri GERMAN BUTCHERY yakwishyura Thelesphore
Read moreRwanda: Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu niyo ihanzwe amaso ku bibazo byugarije itangazamakuru.
Urujya n’uruza rw’ibibazo bikomeje kuvuza ubuhuha byagera mu Itangazamakuru bigasasa bikaryama bigasinzira.Imyaka yashize yagiye yerekanako Itangazamakuru ryagiye rivuka.Ikinyamakuru cya Kinyamateka
Read moreFilm zasohowe na Kwetu Film Institute zitezweho kwigisha buri wese uko yahangana n’ibibazo by’ ubuzima bwo mu mutwe.
Film zasohowe na kwetu Film Institute ni film zigisha ku ibibazo byo mu mutwe igasobanura neza ni uko buri wese
Read moreAbacururiza mu isoko ry’i Gahanga mu karere ka Kicukiro. bahagurukiye kwamagana ibihuha bikwirakwizwa ko nta mutekano uhari
Umuntu k’uwundi bisabwa ko amubera ijisho ry’umutekano.Izi n’izo nyigisho buri muyobozi abwira abaturage,haba mu nama yo mu Isibo, Umudugudu, Akagali
Read moreRuhago nyarwanda kera habayeho: Ikipe yitwa MILOPLAST FC yashinzwe na Mironko yakanyujijeho.
Ibihe by’amateka bihora bivugwa bikanibukwa.Ibigwi by’amateka ya none turi ku ikipe ya Ruhago nyarwanda kera habayeho MILOPLAST FC yashinzwe na Mironko yakanyujijeho.
Read more