Author: ingenzinyayo
Umurenge wa Kigali mu mujyi wa Kigali imvugo niyo ngiro: Umuturage ku isonga mu iterambere ry’igihugu.
Amateka ahisha byinshi akanahishura byinshi, imwe mu ntwaro yatumye tariki 4 Nyakanga 2022 mu mudugudu wa Makaga Akagali ka Rwesero
Read moreUrwikekwe rushenye umupira w’amaguru amakimbirane avugije ubuhuha Nzeyimana Mugabo Olivier mu mayirabili.
Ubeshya iminsi,ukabeshya benshi,ariko umunsi umwe ugamburuza ikinyoma ,n'ubwo rubanda batinya kuvuga ukuri kugirango baramire ubugingo ,ariko birangira bigaragaye ko ikinyoma
Read moreAmbassderi Busingye Johnston niwe wabaye ikiraro cyarenganyije Rudasingwa Munana James kugeza naho Akarere ka Nyarugenge kagiye kumusenyera inzu.
Abaturage bo mu kagali ka Mumena Umurenge wa Nyamirambo ho mu karere ka Nyarugenge baratabariza umuturage witwa Rudasingwa Munana James
Read moreAkarere ka Nyarugenge akarengane karavuza ubuhuha:Ngabonziza Emmy yahohoteye umuturage witwa Rudasingwa Munana James.
Mu Rwanda amategeko arengera umuturage arahari? amategeko ahutaza umuturage arubahirizwa? Umuntu k'uwundi basabwa kubahiriza amategeko kuko ar'inshingano z'umuturage.Inkuru yacu iri
Read moreBamwe bo mu nzego za Gereza ya Mageragere baratabariza umufungwa witwa Dr Kayumba Christopher uri mukaga gakomeye.
Isi tuyizaho ntacyo tuzanye, tukanayivaho dusize ibyo twayisanzeho. Inzira ya politiki niyo igorana kuko buri wese atwarira aho bigoramiye Mu
Read moreAmashyaka atavuga rumwe na leta ya Kigali ntibahuza ku mpunzi zivanwa mu gihugu cy’u Bwongereza zituzwa mu Rwanda.
Uruhururikane rwa Politiki rumaze kuba ikibazo gishamikiye kutavuga rumwe ku mitegekere ya za leta zimwe na zimwe.Aha niho havuye ikibazo
Read moreRwamucyo Prosper Gitifu w’Umurenge wa Huye arakekwaho gukingira ikibaba abenga bakanacuruza inzoga ya Nyirantare bakanangiza ibikorwaremezo.
Umuntu iyo ahawe inshingano z'ubuyobozi afata idarapo ry'igihugu akarahirira ko nateshuka azabihanirwe . Abasesengura ibikorerwa mu murenge wa Huye wo
Read moreUmujyi wa Kigali mu murenge wa Kigali ubuyobozi bwahagurukiye kurwanya inzoga z’ibikwangali kuko zica ubuzima bw’abaturage.
Inyigisho zibungabunga ubuzima zihora zigishwa abaturage kugirengo biteze imbere ntakibahutaje. Inzego z'ubuyobozi kuva k'urwego rw'Isibo, Umudugudu ugatera intambwe ukagana Akagali
Read moreIkindi kimenyetso cy’uko Nizeyimana Mugabo Olivier Ferwafa imunaniye cyabonetse ku makipe Interforce fc na As Muhanga zibuzwa gukina.
Urwikekwe mu mupira w'amaguru rumaze kurenga urugero.Itangazamakuru ritangaza ibitagenda neza bagahinduka abanzi. Umwe k'uwundi iyo avuze amakosa yugarije umupira w'amaguru
Read more













