Author: ingenzinyayo
Ubukomisiyoneri bukomeje kuvuza ubuhuha mu ikipe y’APR fc ku igura ry’umutoza n’abakinnyi bahenze.
Umupira w'amaguru mu bihugu byawuteje imbere mu igurwa ry'abatoza cyangwa abakinnyi ntakibazo bitera kuko bikorwa hagendewe k'ubushobozi inkuru yacu iri
Read moreNinde uzarenganura Hategekimana Martin Alias Majyambere urekurwa akongera agafungwa.
Bikomeje kwibazwaho na benshi hashingiwe ku bivugwa bitandukanye n'ibikorwa Inkuru yacu iribanda k'ubuzima bw'umusaza Hategekimana Martin Alias Majyambere ukomeje kwibazwaho
Read moreBamwe mubayislamu bati”Wallah Allah natabare kuko ingurube ya Issa Habyarimana ikozeho Imam wacu.
Bikomeje kudogera hagati mubayislamu bo k'umusigiti wa Cyinzovu mu murenge wa Kabarobdo,ho mu karere ka Kayonza mu ntara y'iburengerazuba. Impamvu
Read moreUwiyise Rev Pasiteri Munyanganzo Patrick afashijwe na Byukusenge Viateur bagurishije inzu imwe abantu batatu ubutabera bube hafi.
Hakomeje kumvikana inkuru zigendanye n'abantu bagenda bakora amakosa bitwaje abanyabubasha bagirana amasano,cyangwa ugasanga rimwe na rimwe bakorana,ariko har'igihe usanga abakora
Read moreUmuryango wa Nyakwigendera Rwigara Assinapol ukomeje gushyirwa mu manza z’urudaca zibagabaho cyamunara zitubahirije amategeko.
Isi tuyibaho ntacyo tuyizanyeho twayigeraho tugashaka ubutunzi tukagenda nta na kimwe tujyanye. Aha niho hibazwa umuntu unyaga undi umutungo we
Read moreHategekimana Martin Alias Majyambere kuki arekurwa akongera agafungwa n’iki kibyihishe inyuma?
U Rwanda rwabayemo amarorerwa y'indengakamere ashamikiye kuri jenoside yakorewe abatutsi 1994. Igihe cyose buri muntu wese yibaza icyabiteye hashingiwe ko
Read moreItorero ry’ADEPR rikomeje kuganishwa habi na Komite ya Rev Ndayizeye Isai ukomeje kwirukana Abapasiteri.
Abazi itorero ry'ADEPR kuva ryasingwa kugeza ubu basanga rimaze guteshwa kirazira.Ivugabutumwa ry'umuhamagaro niryo ryagiye ryubaka itorero ry'ADEPR. Muri ikigihe noneho
Read moreManirareba Herman yatawe muri yombi kubera gushaka kugarura Ubwami bibujijwe n’amategeko.
Hashize iminsi humvikana uwitwa Manirareba Herman avugako ashaka gukuraho Repubulika y'u Rwanda hakagarurwa Ubwami. Inzego z'umutekano zafashe Manirareba Herman igihe
Read moreIshyamba si ryeru mu ikipe y’APR fc kubera kutumvikana hagati y’umutoza Adil na rutahizamu Jacques Tuyisenge.
Umupira w'amaguru ubamo ingeri nyinshi kandi zitandukanye hashingiwe kubaka ikipe itsinda. Ikipe y'APR fc itozwa n'umutoza Adil ho ntabwo byifashe
Read more













