Author: ingenzinyayo
Umuryango wa Kubwimana Charles uratabaza Perezida Kagame kubera akarengane yakorewe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango.
Ubuyobozi bureberera rubanda bigatuma rwihuta mu iterambere.Kubwimana Charles ubarizwa mu mudugudu wa Buhanda,Akagali ka Nyakogo, Umurenge wa Kinihira,ho mu karere
Read moreNyabihu: Amarerero yatanze umusaruro mu kugabanya umubare w’igwingira ry’abana
Ababyeyi bakora mu mirima y’icyayi muri aka karere mu murenge wa Jenda bavuga ko babonye igisubizo kirambye ku mibereho ya
Read moreUbutabera:Urukiko rwibanze rwa Kicukiro rufunze Dr Kayumba Christopher iminsi 30 muri Gereza ya Kigali _ Mageragere.
Amakuru akomeje kuzunguruka mu butabera nimenshi ariko ubu ikinyamakuru ingenzi na ingenzinyayo com kiri ku ifungwa rya Dr Kayumba Christopher.
Read moreIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru Ferwafa ishyamba si ryeru: Nizeyimana Mugabo Olivier na Komite ye bari mu nzira ebyeri.
Umupira w'amaguru ukomeje kubamo ibibazo bikaburirwa umuti kuko abakawutanze baba aribo batezamo ibibazo.Amakuru ava ahizewe agera ku kinyamakuru ingenzi na
Read moreUmuhanzi Kabengera Gabriel wayoboye Radio Rwanda indilimbo ze ziracyakunzwe na benshi.
Inkuru ya none turabagezaho ibigwi by'umuhanzi Kabengera Gabriel.Uwumva,uwumvise n'uwabonye Kabengera Gabriel abitangira ubuhambya ko yabaye umuhanzi mwiza.Kabengera Gabriel yavutse 1949.
Read moreCFS Ngoma ya Butare:Ivuko ry’umuziki wafashije umuhanzi Bikorimana Andre.
Guhanga igihangano cyiza biha ishusho abagikurikirana cyangwa abacyumva kugikunda. Ikinyamakuru ingenzi na ingenzinyayo com bimaze iminsi bibagezaho umuziki ukozwe mu
Read moreMusanze:Rwanda Health initiative for youth and women ikomeje gukangurira urubyiruko ububi bwa Sida.
Isi yose bizwiko urubyiruko arizo mbaraga zejo hazaza. Aha niho hashingirwa hashyirwaho uburyo bwo kurinda urubyiruko icyorezo cya Sida n'izindi
Read moreUbushakashatsi bwa GSMA bwerekana abantu miliyari 3.4 badakoresha interineti igendanwa
GSMA yashyize ahagaragara raporo y’isi yose yo kuri interineti igendanwa ya interineti igendanwa yerekana ko, nubwo icyorezo cya COVID-19, abantu
Read moreBank ya COGEBANQUE ikomeje kuba ikiraro cyo kurenganya umuryango wa Nyakwigendera Rwigara Assinapol.
Ibihe bihishura ikinyoma ,ukuri kukaryamirwa,ariko bikarangira ukuri gutsinze ikinyoma.Tariki 27 nzeli 2021 mu rukiko rw'ubucurizi rukorera Nyamirambo rwaburanishije urubanza Premier
Read moreAbakora uburaya mu mujyi wa Rubavu bashobora kubera igisasu Ministri w’ubuzima Dr Ngamije Daniel.
Uko iminsi ihita indi igataha mu isi hagenda hazamo ibibazo byinshi,ariko hakazamo n'ibyiza byinshi. Aha niho havuyemo ibibazo byagiye byugariza
Read more













