N’izihe nyungu abayobozi b’Akarere ka Nyanza bafite kuri Bizumuremyi Philippe bashaka kugira Daf w’ibitaro ku ngufu adafite ibyangombwa?
Ibihe by’iminsi bihishira ikinyoma,ariko igihe cy’umunsi umwe kikagihishura ukuri kugatsinda.Aha niho ruzingiye mu bitaro by’Akarere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo.
Read more