twaUrwanira inkota itariyeee”Twagirimana imana igiye kumuca mu matorero yose”

Umugani ungana akariho.Aha niho duhera dukora inkuru yerekana ko abanyarwanda buri mvugo yabo yabaga ifite uwo ibwira,haba muri ibyo biragana cyangwa no mu by’ubu. Andi bati:Urugiye kera ruhinyuza intwari.Iy’imigani yose irarebwa cyangwa irabwirwa umugabo witwa Twagirimana Charles uyoboye itsinda ririmo Rwamunyana Etienne.Twagirimana  n’umwe mu bantu bakora ibyaha bitandukanye kuko ubu aregwa kugwatiriza itorero rya EDENTR aho akomeje kwiyita umuvugizi mukuru waryo.Ikigaragaza ko Twagirimana ari mu kaga gakomeye ni uburyo ashaka kuba umuvugabutumwa mu rusengero hanze akaba undi wundi akawa mutariyani wabaga padiri kuri aritari gusa.Amasezerano y’Ubukode yikorewe na Twagirimana Charles na  Sekamana Dafrosa kugirango itorero rihore mu manza,bityo rikomeze kubura umutekano.Niba se Twagirimana avuga ko ari umuvugizi mukuru w'itorero akaba arishora mu manza kandi aziko ari impimbano yumva hirya yejo atazita mu kibazo atazabasha gusohokamo.twa

                                                           Twagirimana Karoli yatanze itorero nk'ingwate

Ubutekamutwe bwa Twagirimana bwaje gukora amasezerano buragira buti:Njye Sekamana Dafrosa ngiranye amasezerano n’Itorero ry’Imana ry’Isezerano risyha mu Rwanda (EDNTR) Paruwase Gahogo y’ubukode bw’imashini eshatu (3) zidoda zo kwigisha abanyeshuri. Imashini imwe ikodeshejejwe ku mafranga ibihumbi bitatu ( 3,000frw) ni ukuvuga ibihumbi icyenda (9,000frw) ku kwezi. Itorero rikaba rizazinsubiza ari nzima nkuko nazibahaye. Ayamasezerano yo mubwihisho yakozwe ntamuyobozi uyazi niyo mpamvu Twagirimana yayabazwa ku giti cye kuko nta n'umunyeshuri wigeze yigira kuri izo mashini ,doreko ntan'ubwoko bwazo bwanditswe no kuri iyo ngirwa masezerano. Dore ikinyoma cya Twagirimana uko cyakozwe:Bikorewe i Gahogo kuwa 02/05/2009.Ukodeshejwe: Sekamana Dafrosa.Ukodesheje:Twagirimana Charles EDNTR Paroise Gahogo. Iyo Twagirimana avuye i Muhanga amaze kugwatiriza itorero ry'imana no gutanga amasheke atazigamiye aza mu Gatenga akegera mu genzi we Rwamunyana Etienne kugirango bakore urugomo.

Bamwe mu baturage batuye Karambo tuganira bagize bati:Iyo ushize impumu wibagirwa uwakwirukankanaga koko!!Bakomeje bagira bati:Ubu Rwamunyana yirengagije yamaganwa n'inzego z'umutekano n'iz'ubuyobozi bwa Leta ko badakeneye kuzongera kumva izina rye ko rirema umutwe wo gutera abaturage amabuye n'ijoro. Ubu rero biravugwa ko ibikorwa bya Rwamunyana byo kubuza umudendezo itorero birihangayikishije.

Ingenzinyayo.com

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *