Mupenzi Eto nyirabayazana w’ibibazo byugarije ikipe ya Marines fc biyiganisha mucyiciro cya kabili.

Biravugwa bigacecekwa bikongera kugeza ubwo habonetse inkuru yacu iri mu ikipe ya Marines fc yugarijwe n’ibibazo.Ese iy’ikipe ya Marines fc ko ihemberwa ku gihe ikaba nta bakinnyi yigeze itakaza irazira iki?amakuru ava ahizewe mu nzego zitandukanye akagera ku kinyamakuru ingenzi na ingenzinyayo.com aragira ati”Umwaka w’imikino 2022 mu gikombe cy’Amahoro ubwo ikipe y’APR fc yatsindwaga niya Marines fc ngo nibwo kizigenza Mupenzi Eto yatahanye umujinya ashaka no kwirukanisha umutoza Rwasamanzi Yves akamusimbuza Hassan.Amakuru akomeza atugeraho dukesha abizerwa bo mu ikipe y’APR fc ngo Mupenzi Eto yaje kugenda anyura mu bakinnyi b’ikipe ya Marines fc ngo bitsindishe,ibi ngo yagiye abikora agamije kwerekana ko umutoza Rwasamanzi Yves adashoboye.Mupenzi Eto icyerekana ko ari kizigenza mu mupira w’amaguru mu Rwanda naho ikipe ya Rayon sports yari yaguze umukinnyi Hirwa akangako ayikinira.Mupenzi Eto abonyeko ikipe ya Marines fc kumanuka mucyiciro cya kabili bitazashoboka yaje kuyiha abakinnyi bane murwego rwo kurangiza intego yo kwerekana ko umutoza Rwasamanzi Yves adashoboye.Isesengura.Umwaka w’imikino 2022 ikipe ya Marines fc yatsinze ikipe zikurikira”Rayon sports ,Kiyovu sports isoreza kuri APR fc.Abasesengura basanga bimwe bimenyerewe bivugwa kuri Mupenzi Eto byo gusenya amakipe ,kongeraho kubuza abakinnyi gukina no kwitsindisha aribyo akoze mu ikipe ya Marines fc.Ikindi kivugwa kuri Mupenzi Eto nicy’uko yabujije umukinnyi w’ikipe ya Rayon sports Nishimwe Blaise kongera kuyikinira kuko azamugura akajya mu ikipe y’APR fc.Ministeri y’ingabo z’igihugu niyo ihanzwe amaso ku kibazo cyo mu ikipe ya Marines fc.Buri wese yibuka ikibazo cya Mupenzi Eto n’abakinnyi b’ikipe ya Rayon sports yari yahamagaye mbere y’uko bakina n’ikipe y’APR fc uko byasakuje.Ntabwo Marines fc itsindwa kubera abakinnyi b’abaswa ahubwo batsindwa kubera Mupenzi Eto.Na Ferwafa naho yagezemo kuko niwe ukorana na Daf Iraguha David kuyizambya.

Kimenyi Claude

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *