Author: ingenzinyayo
Umurenge wa Kigali guhoza umuturage ku isonga byateye ishema Trinity Biblical Institute gutanga ubuvuzi kubuntu.
Umuyobozi mwiza niwe jisho ry’umuturage,agahora amushakira iterambere rirambye.Iyi n’iyo ntego ihora mu mihigo y’ubuyobozi bw’Umurenge wa Kigali ,Akarere ka Nyarugenge,
Read moreIkipe y’APR fc ishyamba si ryeru iravugwamo ubukomisiyoneri mu igurwa ry’abakinnyi bahenze badashoboye.
Umupira w’amaguru mu Rwanda uvugwamo byinshi bitandukanye,ariko byose bigasorezwa kuri Ferwafa ihora ikemangwa imikorere mibi iyihoramo.Turi ku ikipe y’APR fc.Amateka
Read moreKampani Agruni Groupe itwara ibishingwe byo mu ngo yatangiye gukemangwa kuko yicisha abaturage umwanda.
Urujya n’uruza rw’ibibazo bitandukanye mu makampani zitwara ibishingwe bikusangwa mu ngo byasakaye hose.Ubu turi kuri Kampani yitwa Agruni Groupe ya
Read more