Author: ingenzinyayo
Irushanwa rya CAF champions league Pyramids fc yongeye kwereka APR fc ko iciriritse itaramenya amatsinda
Ikipe ya Pyramids fc yo mu Misiri yatsinze APR fc ibitego 3-1 byongera gutuma indoto zayo zo kwerekeza mu matsinda
Read moreUmuhesha w’inkiko w’umwuga Mutsindashyaka Francois Saver yigabije umutungo wa Gakunzi Frank yongera kumugira impunzi mu Rwanda.
Ubwo leta y’ubumwe bw’abanyarwanda yashyiragaho umurongo ngenderwaho wo guca ubuhunzi nicyabutera cyose,n’ibwo benshi mubari barahunze batahutse.Inkuru yacu iri mu mudugudu
Read moreUbutabera: Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwahamije Murangira Jean Bosco n’amashumi ye icyaha cyo kwica Twagirayesu Samuel bahanishwa igifungo cy’imyaka cumi n’itanu.
Ubwo umucamanza yinjiraga mucyumba cy’urukiko aje gusoma imanza nshinjabyaha,benshi bari bategereje kumva uko asoma urwa Murangira Jean Bosco n’amashumi ye
Read moreAbaturage bo mu karere ka Kirehe bakomeje gutabaza kuko akarengane kavuza ubuhuha .
Leta y’ubumwe bw’Abanyarwanda iharanira ko umunyarwanda yahora ku isonga.Iyi n’imwe mu mihigo ihigirwa imbere ya Perezida wa Repubulika buri mwaka.Inkuru
Read moreAkarere ka Kirehe ikigo cyagenewe inzererezi cyahinduwe Gereza ya munyumvishirize
Leta y’u Rwanda uko ishyiraho ingamba zishamikiye ku bikorwa bifasha abaturage mu iterambere haraho usanga , kuzamura umuturage bimudindiza.Ingero zigaragara
Read moreUmutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakoze impinduka igabanya icyuho cyo gutsindwa
Umupira w’amaguru ubamo gutsinda bikaba aribyo bishimisha umwe k’uwundi ukunda ikipe yakinnye.Kunganya ubyakira uko ubibonye kuko ubutahanye inita rimwe.Gutsindwa bibabaza
Read moreIntara y’Amajyepfo igicumbi cya Demokarasi ku ngoma ya Cyami niya Repubulika
Amateka ashyirwa mubyiciro byiza cyangwa ibibi ,umwe k’uwundi akurikije ibyo yayibonyemo.Tugiye mu ntara y’Amajyepfo duhereye ku ngoma ya Cyami uko
Read moreMurukiko Dr Ngiruwonsanga Pascal aburana ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo yagize ati”kumbaza urupfu rw’umwana nareraga nukunshuhurira”
bibazo bigwirira abagabo.Umuryango nyarwanda urimo ibice bibili.Harimo igice cyumvako Dr Ngiruwonsanga Pascal atakwica umwana amaze imyaka ine arera,amuha ubuzima bwejo
Read more












