Author: ingenzinyayo
Gicumbi: Dr Frank Habineza yavuze ko naba Umukuru w’Igihugu umurwayi azajya agura imiti muri Farumasi zigenga akoresheje mituweli.
Ishyaka Green Party rivuga ko ubuvuzi bugezweho bugera kuri bose ari inkingi nkuru mu iterambere ry’ u Rwanda,ariko bukaba bucyibangamirwa
Read moreIntara y’Amajyepfo: Dr Frank Habineza yijeje abatuye mu akarere ka Muhanga kuzaca burundu akajagari mu ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Dr Frank Habineza,Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu w’ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Green Party,kuri uyu wakabiri tariki 9 Nyakanga
Read moreUturere Kicukiro na Bugesera bishimiye ishyaka Green Party bizeza Dr Frank Habineza kumutora n’Abadepite be.
Ishyaka Green Party n’umukandida waryo kumwanya w’Umukuru w’igihugu rivuga ko hacyiri ikibazo cy’ibikorwaremezo bidahagije cyane cyane mu mazi, amashanyarazi no
Read moreIntara y’Amajyepfo Dr Frank Habineza yabwiye abo mu karere ka Nyaruguru nibamutora abafungwa barengana bazajya bahabwa indishyi.
Mu butabera n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu hari byinshi bikenerwa gukorwa kugira igihugu gikomeza kugendera ku mategeko kandi cyubahiriza amasezerano mpuzamahanga
Read moreUrukiko rw’ikirenga nirwo ruhanzwe amaso kukarengane Koperative Indatwa yakoreye Kayiranga David.
Ibihe biha ibindi nk’uko abanyamadini bajya babibwira abakiristu babo.Ubu rero inkuru yacu iri murukiko rw’ikirenga kuko ariho urubanza Kayiranga David
Read moreIntara y’Amajyaruguru:Dr Frank Habineza yibukije abaturage b’uturere twa Rulindo na Gakenke ibyo Ishyaka Green Party ryabagejejeho abasaba kongera kubagirira icyizere.
Hon. Dr. Frank Habineza akaba umukandida Perezida uhagarariye ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Green Party, yibukije abaturage bo mu
Read moreIntara y’Iburengerazuba:Dr Frank Habineza yasezeranyije abaturage bazamutora b’Akarere ka Karongi ibitaro bigezweho byo kubyariramo.
Kuri uyu wa gatatu 3 Nyakanga 2024 k’umunsi wo kwiyamamaza,Umukandida k’umwanya w’Umukuru w’igihugu w’ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr
Read moreIntara y’Iburengerazuba mu turere twa Rubavu na Nyabihu: Dr Frank Habineza yavuze ko naramuka abaye Umukuru w’Igihugu azahita azamura umushahara w’Abagaga.
Abaganga ni bamwe mu basabye igihe kinini ko umushahara wabo ko wakongezwa nyuma y’aho uwa barimu bawuzamuye cyane kuko nabo
Read more