Intara y’Iburengerazuba mu turere twa Rubavu na Nyabihu: Dr Frank Habineza yavuze ko naramuka abaye Umukuru w’Igihugu azahita azamura umushahara w’Abagaga.
Abaganga ni bamwe mu basabye igihe kinini ko umushahara wabo ko wakongezwa nyuma y’aho uwa barimu bawuzamuye cyane kuko nabo
Read more